Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi: Miliyari $1,1 Ziva Mu Byinjira Mu Kigega Cya Leta Zirarigiswa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burundi: Miliyari $1,1 Ziva Mu Byinjira Mu Kigega Cya Leta Zirarigiswa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 November 2023 11:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni ibyemezwa na Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye kandi ngo birababaje.

Yagize ati: “Imibare mu Burundi yerekana ko ibyinjira mu gihugu bituzanira miliyari $1.3 ariko miliyoni $200 zikaba ari zo zigera mu kigega. Ubwo mwambwira ko andi mafaranga aba yagiye hehe?”

Ikibazo kiri mu Burundi ngo ni uko hari itsinda ry’amabandi ryiyemeje gusahura umutungo kandi ngo abarigize baba mu nzego zose ndetse n’iz’umutekano.

Ku rundi ruhande, ikibazo mu bukungu ni uko hari abantu banjiza ibicuruzwa mu gihugu badasoze.

Perezida Ndayishimiye avuga ko ibyo bigirwamo uruhare n’abakozi b’igihugu bashinzwe imisoro n’amahoro( Office Burundais des Revenues, OBR).

Perezida avuga ko hari ikibazo cy’uko abantu batita ku misoro yinjira mu gihugu, ahubwo bayashyira mu mifuka yabo.

Ndetse ngo hari ibicuruzwa yaje kuvumbura ko byarunzwe mu Ngagara ahitwa Quartier 10.

Umukuru w’Uburundi avuga ko abo bose babikora baba bagamije kubuza Leta gukora, kugira ngo icike intege bayihirike.

Ku rundi ruhande ariko, aburira abantu ko uwo ari we wese ubikora nkana azabiryozwa.

Imibare itangwa n’Ikigega Mpuzamahanga cy’imari ivuga ko Uburundi ari igihugu cya kabiri gikennye ku isi, icya mbere kikaba Sudani y’Epfo.

TAGGED:BurundiNdayishimiyeUmutungo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gaza: Ingabo Za Israel Zinjiye Mu Bitaro Guhiga Hamas
Next Article Urukiko Rw’Ikirenga Rw’Ubwongereza Rwanze Ibyo Kohereza Abimukira Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Burundi: Ndikuriyo Yongeye Gutorerwa Kuba Umunyamabanga Mukuru Wa CNDD-FDD

Chorale De Kigali Igiye Kuyoborwa N’Umugore Kuva Yabaho

Abanyamakuru B’i Goma Baganiriye N’Ab’i Rubavu Ku Mikoranire

U Rwanda Rwatsinze Uganda Mu Mikino Ya Handball

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Ububiligi Bwijeje DRC Gukomeza Kuyiba Hafi

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Uburayi Bwatanze Miliyoni € 2 Zo Gufasha Abo Muri Kivu Y’Amajyepfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Guverinoma Ya DRC Irashaka Kwisubiza Uvira Mu Buryo Bwuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?