Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi: Miliyari $1,1 Ziva Mu Byinjira Mu Kigega Cya Leta Zirarigiswa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burundi: Miliyari $1,1 Ziva Mu Byinjira Mu Kigega Cya Leta Zirarigiswa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 November 2023 11:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni ibyemezwa na Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye kandi ngo birababaje.

Yagize ati: “Imibare mu Burundi yerekana ko ibyinjira mu gihugu bituzanira miliyari $1.3 ariko miliyoni $200 zikaba ari zo zigera mu kigega. Ubwo mwambwira ko andi mafaranga aba yagiye hehe?”

Ikibazo kiri mu Burundi ngo ni uko hari itsinda ry’amabandi ryiyemeje gusahura umutungo kandi ngo abarigize baba mu nzego zose ndetse n’iz’umutekano.

Ku rundi ruhande, ikibazo mu bukungu ni uko hari abantu banjiza ibicuruzwa mu gihugu badasoze.

Perezida Ndayishimiye avuga ko ibyo bigirwamo uruhare n’abakozi b’igihugu bashinzwe imisoro n’amahoro( Office Burundais des Revenues, OBR).

Perezida avuga ko hari ikibazo cy’uko abantu batita ku misoro yinjira mu gihugu, ahubwo bayashyira mu mifuka yabo.

Ndetse ngo hari ibicuruzwa yaje kuvumbura ko byarunzwe mu Ngagara ahitwa Quartier 10.

Umukuru w’Uburundi avuga ko abo bose babikora baba bagamije kubuza Leta gukora, kugira ngo icike intege bayihirike.

Ku rundi ruhande ariko, aburira abantu ko uwo ari we wese ubikora nkana azabiryozwa.

Imibare itangwa n’Ikigega Mpuzamahanga cy’imari ivuga ko Uburundi ari igihugu cya kabiri gikennye ku isi, icya mbere kikaba Sudani y’Epfo.

TAGGED:BurundiNdayishimiyeUmutungo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gaza: Ingabo Za Israel Zinjiye Mu Bitaro Guhiga Hamas
Next Article Urukiko Rw’Ikirenga Rw’Ubwongereza Rwanze Ibyo Kohereza Abimukira Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?