Barabivuga ababyumvise bakagira ngo ni amashyengo y’abahanga mu by’ubuzima baba bashaka gukora raparo ngo birire amadolari. N’ubwo hari abantu bavuga ko iby’uko ibinyabuzima biri gushira ku...
Uwahoze ari Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta Bwana Obadiah Biraro yavugiye kenshi mu ruhame ko hari inzego yagiriye inama ngo zikore ibyo urwego ayobora rwazisabaga mu...
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe iterambere, RDB, rwasuye abiga mu ishuri ryisumbuye rya Nyabihu ryigisha ikoranabuhanga, Rwanda Coding Academy, rubasobanurira akamaro ko kurinda umutungo mu by’ubwenge no...
Hari abayobozi mu nzego z’ibanze mu turere twa Musanze, Burera na Gucumbi bafungiwe gukoresha nabi ububasha bahabwa n’amategeko bakakaga abaturage ruswa. Barimo abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge, n’abashinzwe...
Nyuma y’uko hashyizweho Guverinoma nshya muri Libya iyobowe na Abdelhamid al-Dabaiba ibihugu bikomeye byatangiye kuyishakaho umubano. U Bushinwa nabwo bwanze kuhatangwa. Umubano ibihugu bikize bishaka kugirana...