Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Byemejwe Ko Perezida Wa Iran Yishwe N’Impanuka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Byemejwe Ko Perezida Wa Iran Yishwe N’Impanuka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 May 2024 10:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’amakuru yavuguruzanyaga ku rupfu rwa Ibrahim Raisi wayoboraga Iran, ubu aremeza ko uyu muyobozi yapfanye na Minisitiri we w’ububanyi n’amahanga witwa Hossein Amir-Abdollahian bazize impanuka ya kajugujugu.

Kajugujugu yari ibatwaye yakoze impanuka ubwo abo bagabo bari bavuye kwifatanya n’ubuyobozi bwa Azarbeijan mu gutaha urugomero rw’umugezi wa Aras.

Iyo ndege yageze ahantu hari igihu gikomeye itakaza icyerekezo irahanuka irashya.

Yaganaga ahitwa Tabriz mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Iran.

Perezida Raisi yari umuyobozi wubashywe n’abaturage kandi ukunzwe n’Umuyobozi w’ikirenga wa Iran witwa Ayatollah Ali Khamenei.

Haburaga iminsi 50 ngo Iran itorw undi Perezida.

Raisi yagiye ku butegetsi asimbuye Hassan Rouhani.

TAGGED:featuredImpanukaIndegeIranPerezidaRaisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gisagara: Bababazwa No Guhinga Umuceri Bakawugurishwa Bahendwa
Next Article PSD Na Green Party Barageza Kandidatire Kuri NEC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?