Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CAF Yanze Ubusabe Bwa FERWAFA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

CAF Yanze Ubusabe Bwa FERWAFA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 September 2021 12:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Urutonde rw'amakipe aheruka mu kibuga.
SHARE

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yanze ubusabe FERWAFA yari yarayigejejeho iyisaba kwemerwa kuzafungurira  abafana stade bakaza kureba umupira uzahuza u Rwanda na Kenya ku Cyumweru tariki 05, Nzeri, 2021.

Itangazo FERWAFA yageneye abanyamakuru rivuga ko yakiriye neza igisubizo yahawe na CAF kandi ko gishyize mu gaciro.

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda rishimira Minisiteri ya siporo mu bufatanye yerekanye ubwo FERWAFA yatangaga ubusabe bwayo kuri CAF n’ubwo butemewe nk’uko byifuzwaga.

Umwe mu bafana baganiriye na Taarifa avuga ko ibyo CAF yakoze bishyize mu gaciro kuko FERWAFA yirengagije ko Abanyarwanda benshi batarakingirwa COVID-19.

Ati: “ Kuba impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu Burayi yaremereye abaturage kujya kuri za Stade n’uko bo bakingiye abantu benshi kandi bahawe inkingo zuzuye. Inaha rero turacyari bacye kandi erega n’amategeko agenga ziriya mpuzamashyirahamwe z’umupira w’amaguru aratandukanye.”

Amakipe aheruka mu kibuga mu mukino witabiriwe n’abafana ni Police FC na Bugesera. Icyo gihe hari tariki 11, Werurwe, 2020 habura iminsi itatu ngo umurwayi wa mbere wa COVID-19 agere mu Rwanda.

Itangazo rivuga icyemezo cya CAF
Amakipe aheruka mu kibuga ni aya

 

TAGGED:BurayifeaturedFERWAFAMinisiteri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Johnson & Johnson Yahagaritse Igerageza Ry’Urukingo Rwa SIDA Muri Afurika
Next Article Canal + Yiyemeje Gufasha Mu Iterambere ry’Umunyarwandakazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Iseru: Indwara Iheruka Mu Rwanda Iravugwa i Masisi Na Rutshuru

Hong Kong: Abantu 44 Bishwe N’Inkongi

Ibyishimo Bya Kagame Kubera Intsinzi Ya Arsenal

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Qatar Yasinyanye Na DRC Amasezerano Atandatu

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

You Might Also Like

Mu Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?