Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CAF Yanze Ubusabe Bwa FERWAFA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

CAF Yanze Ubusabe Bwa FERWAFA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 September 2021 12:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Urutonde rw'amakipe aheruka mu kibuga.
SHARE

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yanze ubusabe FERWAFA yari yarayigejejeho iyisaba kwemerwa kuzafungurira  abafana stade bakaza kureba umupira uzahuza u Rwanda na Kenya ku Cyumweru tariki 05, Nzeri, 2021.

Itangazo FERWAFA yageneye abanyamakuru rivuga ko yakiriye neza igisubizo yahawe na CAF kandi ko gishyize mu gaciro.

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda rishimira Minisiteri ya siporo mu bufatanye yerekanye ubwo FERWAFA yatangaga ubusabe bwayo kuri CAF n’ubwo butemewe nk’uko byifuzwaga.

Umwe mu bafana baganiriye na Taarifa avuga ko ibyo CAF yakoze bishyize mu gaciro kuko FERWAFA yirengagije ko Abanyarwanda benshi batarakingirwa COVID-19.

Ati: “ Kuba impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu Burayi yaremereye abaturage kujya kuri za Stade n’uko bo bakingiye abantu benshi kandi bahawe inkingo zuzuye. Inaha rero turacyari bacye kandi erega n’amategeko agenga ziriya mpuzamashyirahamwe z’umupira w’amaguru aratandukanye.”

Amakipe aheruka mu kibuga mu mukino witabiriwe n’abafana ni Police FC na Bugesera. Icyo gihe hari tariki 11, Werurwe, 2020 habura iminsi itatu ngo umurwayi wa mbere wa COVID-19 agere mu Rwanda.

Itangazo rivuga icyemezo cya CAF
Amakipe aheruka mu kibuga ni aya

 

TAGGED:BurayifeaturedFERWAFAMinisiteri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Johnson & Johnson Yahagaritse Igerageza Ry’Urukingo Rwa SIDA Muri Afurika
Next Article Canal + Yiyemeje Gufasha Mu Iterambere ry’Umunyarwandakazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?