Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Dr Vincent Biruta yaraye abwiye abandi bayobozi ko muri iki gihe ibigaragara ku isi byerekana ko iterabwoba riri gufata indi ntera. Biruta yasobanuye...
Guverinoma y’u Rwanda ifatanyije n’abafatanyabikorwa bayo yatangije umushinga ugamije kuzafasha abahinzi guhinga bakeza kandi ibyeze bigatunganywa kugira ngo bizagirere benshi akamaro. Ni umushinga wiswe KWIZAHA Minisiteri...
Imyagaragambyo imaze iminsi muri Suwede yafashe indi ntera ubwo abari bayirimo batwikaga igitabo gitagatifu cya Islam kitwa Korowani. Byarakaje abasilamu biganjemo abo muri Turikiya. Ubutegetsi bw’i...
Dmitry Medvedev wigeze kuba Perizida w’u Burusiya akaba na Minisitiri w’Intebe inshuro nyinshi yatangaje ko u Burusiya batazemera gusebera muri Ukraine ngo bwatsinzwe ahubwo ko nibusanga...
Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, Hon Donatille Mukabalisa avuga ko u Rwanda rushima uko umubano warwo n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi uhagaze muri iki...