Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CANAL+ Ikomeje Kudabagiza Abanyarwanda Muri Poromosiyo Y’Imyaka 30
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Izamamaza

CANAL+ Ikomeje Kudabagiza Abanyarwanda Muri Poromosiyo Y’Imyaka 30

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 June 2022 10:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Sosiyete icuruza amashusho ya CANAL+ yahembye abanyamahirwe ba kabiri bagera kuri 30 batsindiye ifatabuguzi( abonnement) ryo kureba amashene yose k’ubuntu mu mezi 12, amezi 30 ndetse iboneraho no kwibutsa Abanyarwanda kurushaho gukoresha impano yabageneye mu gihe iki kigo kizihiza isabukuru y’imyaka 30 gikorera muri Africa.

N’ibihembo bitangazwa binyuze kuri Televiziyo y’igihugu, aho abakiliya ba CANAL+ Rwanda banyuranye baguze ifatabuguzi mu kwezi kwa Kamena batoranywamo abantu 30 bagize amahirwe yo gutsindira ririya fatabuguzi ry’ubuntu.

Jean Bosco Munyaneza watsindiye umwaka wo kureba amashene yose k’ubuntu yashimye CANAL+ Rwanda kuba yarahisemo kugenera impano abakiliya bayo, ndetse ashimangira ko bizamugabanyaho umutwaro wo kugura ifatabuguzi rya  buri kwezi.

Undi witwa Nsabimana Sugira watsindiye amezi 30 nawe avuga ko ari iby’agaciro gakomeye kuba umwe mu banyamahirwe batsindiye ririya fatabuguzi ry’ubuntu, maze aboneraho no gukangurira Abanyarwanda kugura ifatabuguzi kugira ngo aya mahirwe abagereho.

Iyi poromosiyo ya CANAL+ izarangira tariki 30 Kamena 2022.

Iyo umukiliya aguze ifatabuguzi nkiryo yaherukaga kugura ahita ahabwa iminsi 30 y’ubuntu yo kureba amashene yo ku ifatabuguzi ryisumbuye kuryo yaguze.

Kugura ifatabuguzi kandi bitanga amahirwe ku mukiliya wa CANAL+ akinjira muri Tombola yo gutsindira ifatabuguzi ryiswe UBUNTU ry’amezi 12 cyangwa amezi 30.

Uretse poromosiyo y’ifatabuguzi, Umunyarwanda wifuza kuba umukiliya wa CANAL+ ari kugura dekoderi ku bihumbi Frw 5,000  akanakorerwa Installation ku Frw  5,000 gusa.

Izi poromosiyo zose zikaba zizarangira tariki 31 Kamena 2022.

Mu mwaka wa 1992 nibwo CANAL+ yatangiye gukorera muri Afurika .

Icyo gihe yatangiye ikorera Senegal ifite shene imwe gusa.

Mu 1998, CANAL+ yongereye umubare w’amashene yatangaga muri Afurika, ava kuri imwe agera kuri 20.

Nyuma y’aho gato ni ukuvuga mu mwaka wa 2012 nabwo umubare wavuye kuri 20 ukagera ku mashene 100.

Magingo aya, CANAL+ ifite amashene arenga 200 harimo ayo mu Rwanda, Afurika ndetse no ku Mugabane w’u Burayi.

TAGGED:Canal +featuredRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu 46 Basanzwe Barapfiriye Mu Ikamyo Itwara Imizigo
Next Article Abarwanyi Bo Muri Cabo Delgado Baravugwaho Guhindura Umuvuno
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?