Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Cardinal Kambanda Arasaba Abanyarwanda Gusengera Papa Francis
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Cardinal Kambanda Arasaba Abanyarwanda Gusengera Papa Francis

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 March 2023 11:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Cardinal Kambanda Antoine yasabye Abanyarwanda gusengera Nyirubutungane Papa Fransisiko uri mu bitaro.

Avuga ko amasengesho y’Abanyarwanda ari ayo gusaba ‘Imana Nyagasani’ ngo amifashe gukira kandi amukomereze ubuzima n’imbaraga zo gukomeza gusohoza ubutumwa muri iyi si.

Ikibazo cyo guhumeka nabi nicyo cyatumye Papa Francis arara mu bitaro by’i Roma.

Umuvugizi w’Ibiro bye witwa Matteo Bruni avuga ko umukambwe Papa Francis ari mu bitaro kubera uburwayi afite mu mwanya w’ubuhumekero.

Avuga ko Papa ‘ashobora’ kuzamara iminsi runaka mu bitaro.

Abaforomo bo bavuga ashobora kuzaba yavuye mu bitaro bitarenze taliki 02, Mata, 2023.

Biteganywa ko nagarura imbaraga, azasoma Misa ya Pasika izasomwa taliki 09, Mata, 2023.

Papa Francis asanganywe ikibazo cy’igihaha kimwe kigeze kubagwa akiri muto afite imyaka 20 kuzamura…

Kubera ko amaze gusaza, umubiri we ukunze guhura n’ibibazo bishingiye kukuba adafite ibihaha byombi kandi bikora neza.

Papa Francis kandi afite ikibazo cy’akaguru cyatumye muri  iki gihe asigaye agendera ku igare ry’abafite ubumuga.

Bavandimwe dukomeze gusabira Nyirubutungane Papa Fransisiko uri mu bitaro kugirango Nyagasani amufashe gukira kandi amukomereze ubuzima n’imbaraga zo gukomeza gusohoza ubutumwa muri iyi si yacu. Bikira Mariya Umwamikazi wa Kibeho amusabire. pic.twitter.com/Gd5tBdjRQm

— Antoine Cardinal Kambanda (@KambandaAntoine) March 30, 2023

TAGGED:CardinalfeaturedGuhumekaKambandaPapa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: Baracyaroba Amafi Atarakura Bikagabanya Umusaruro
Next Article Airtel Na UNICEF Rwanda Bagiye Guha Ibigo 20 By’Amashuri Murandasi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?