Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Cardinal Kambanda Arasaba Abanyarwanda Gusengera Papa Francis
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Cardinal Kambanda Arasaba Abanyarwanda Gusengera Papa Francis

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 March 2023 11:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Cardinal Kambanda Antoine yasabye Abanyarwanda gusengera Nyirubutungane Papa Fransisiko uri mu bitaro.

Avuga ko amasengesho y’Abanyarwanda ari ayo gusaba ‘Imana Nyagasani’ ngo amifashe gukira kandi amukomereze ubuzima n’imbaraga zo gukomeza gusohoza ubutumwa muri iyi si.

Ikibazo cyo guhumeka nabi nicyo cyatumye Papa Francis arara mu bitaro by’i Roma.

Umuvugizi w’Ibiro bye witwa Matteo Bruni avuga ko umukambwe Papa Francis ari mu bitaro kubera uburwayi afite mu mwanya w’ubuhumekero.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Avuga ko Papa ‘ashobora’ kuzamara iminsi runaka mu bitaro.

Abaforomo bo bavuga ashobora kuzaba yavuye mu bitaro bitarenze taliki 02, Mata, 2023.

Biteganywa ko nagarura imbaraga, azasoma Misa ya Pasika izasomwa taliki 09, Mata, 2023.

Papa Francis asanganywe ikibazo cy’igihaha kimwe kigeze kubagwa akiri muto afite imyaka 20 kuzamura…

Kubera ko amaze gusaza, umubiri we ukunze guhura n’ibibazo bishingiye kukuba adafite ibihaha byombi kandi bikora neza.

- Advertisement -

Papa Francis kandi afite ikibazo cy’akaguru cyatumye muri  iki gihe asigaye agendera ku igare ry’abafite ubumuga.

Bavandimwe dukomeze gusabira Nyirubutungane Papa Fransisiko uri mu bitaro kugirango Nyagasani amufashe gukira kandi amukomereze ubuzima n’imbaraga zo gukomeza gusohoza ubutumwa muri iyi si yacu. Bikira Mariya Umwamikazi wa Kibeho amusabire. pic.twitter.com/Gd5tBdjRQm

— Antoine Cardinal Kambanda (@KambandaAntoine) March 30, 2023

TAGGED:CardinalfeaturedGuhumekaKambandaPapa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: Baracyaroba Amafi Atarakura Bikagabanya Umusaruro
Next Article Airtel Na UNICEF Rwanda Bagiye Guha Ibigo 20 By’Amashuri Murandasi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?