Kuri uyu wa Gatandatu taliki 01, Mata, 2023 Papa Francis yasohotse mu bitaro aho yari amaze iminsi micye arwariye. Yari arwaye mu bihaha, guhumeka ari ikibazo....
Cardinal Kambanda Antoine yasabye Abanyarwanda gusengera Nyirubutungane Papa Fransisiko uri mu bitaro. Avuga ko amasengesho y’Abanyarwanda ari ayo gusaba ‘Imana Nyagasani’ ngo amifashe gukira kandi amukomereze...
Ikibazo cyo guhumuka nabi cyatumye Papa Francis arara mu bitaro by’i Roma. Umuvugizi w’Ibiro bye witwa Matteo Bruni avuga ko umukambwe Papa Francis ari mu bitaro...
Guhera mu Kinyejana cya 11 Nyuma ya Yezu Kristu, Kiliziya Gatulika yari yaraciye iteka ko nta mupadiri wemerewe gushaka umugore. Amateka avuga ko ibyo kudashaka umugore...
Musenyeri Loboka ni umwe mu bihayimana bo muri Sudani y’Epfo witwa Apostles of Jesus bakorera muri Sudani no muri Sudani Y’Epfo. Mu minsi ishize ubwo igihugu...