Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Cardinal Kambanda Yahaye Umugisha Abana Bagiye Kuririmbira I Roma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Cardinal Kambanda Yahaye Umugisha Abana Bagiye Kuririmbira I Roma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 December 2023 11:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Arkiyepiskopi wa Kigali Antoine Cardinal Kambanda yaraye ahaye itsinda ry’abana bo muri Pueri Cantores(abana b’abaririmbyi) bagiye guhagararira abandi bo mu Rwanda, mu ihuriro ry’abana b’abaririmbyi i Roma.

Yabahaye umugisha abasaba kuzitwara neza.

Yabasabye kuzitwara neza

Pueri Cantores ni ihuriro mpuzamahanga rishingiye kuri Vatican.

Ryashinzwe na Padiri Fernand Maillet mu mwaka wa 1944, rikaba rigizwe n’abana bato b’abaririmbyi.

Abo bana baba basanzwe muri za Korali z’aho basengera.

Ibyabo byatangiriye mu Bufaransa ariko bigenda byagukira n’ahandi ku isi. I Vatican bemeye iby’iri huriro mu mwaka wa 1952 ndetse haba ari ho hashyirwa ikicaro cyabo ku rwego rw’isi.

Padiri Fernand Maillet

Korali z’abo bana ziba zigizwe n’abahungu n’abakobwa ariko hakabamo n’abantu bakuru bake babafasha mu gutuma mu ndirimbo zabo humvikanamo amajwi y’abantu bakuru.

Mu mwaka wa 2022 izi Korali zageraga ku 1000 hirya no hino ku isi.

TAGGED:AbanafeaturedKambandaKoraliRomaUmugisha
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyarugenge: Mbere Yo Kwiyahura Yanditse Ko Ubuzima Bumunaniye
Next Article Nigeria: Ubushyamirane Hagati Y’Aborozi N’Abahinzi Bwaguyemo Abantu 113
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?