Abofisiye bakuru biga mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda (National Police College -NPC) riba i Musanze bamaze iminsi ibiri mu Butaliyani mu rugendoshuri rugamije guhuza...
Buri taliki 23, Mata, buri mwaka isi izirikana akamaro k’ibitabo mu bantu. Ibitabo nibyo bikoresho byagiriye abantu akamaro kurusha ibindi nyuma y’ubuhinzi. Ubuhinzi bwatumye bakura hafi...
Mu isi y’ubu n’iya kera habayeho abayobozi bafite imitekerereze itandukanye yatumye bafata ibyemezo bamwe bakibukirwaho kubera umwihariko wabyo. Mu bwami bw’abami bw’Abaroma habayeho umwami w’abami wabaye...
Umunyamakuru ukomoka muri Espagne ariko utuye i Roma yafotoye Papa Francis amutunguye amufotora asohotse muri Studio y’umwe mu nshuti ze iri i Roma. Ifoto ikimara gushyirwa...
Nyuma y’inama y’Iminsi ibiri yaberaga i Roma mu Butaliyani yahuje Abakuru b’ ibihugu 20 bya rutura ku isi, ariko n’u Rwanda rukaba rwarayitumiwemo nk’ijwi ry’Afurika, abayitabiriye...