Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Cardinal Wa Kinshasa Yambuwe Passport
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Cardinal Wa Kinshasa Yambuwe Passport

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 April 2024 8:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yari ageze ku kibuga mpuzamahanga cya Kinshasa kiri i N’Djili, Fridolin Cardinal Ambongo yambuwe urupapuro rw’inzira yari asanzwe akoresha mu ngendo ze mu mahanga.

Yarwambuwe ubwo yari agiye kurira indege ngo ajye i Roma mu Butaliyani mu nama y’abandi ba Kalidinari bakorana na Papa Francis mu mavugurura ya Kiliziya Gatulika.

Nyuma y’uko bigenze gutyo, ubwanditsi bukuru bw’Inama y’Abepisikopi ba DRC bwasohoye itangazo ryamagana ibyabaye kuri Kalidinari.

Iryo tangazo ryasinywe na Padiri Clet-Clay Mavemba rivuga ko bidakwiye ko ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwambura pasiporo Umukalidinari usanzwe uzwi mu gihugu kandi ugendera kuri urwo rupapuro mu ngendo akorera mu mahanga zose.

Ikindi ni uko Leta itagombye kumva ko ibyo Nyiricyubahiro Kalidinari Ambongo asaba ko bihinduka mu gihugu abisaba mu nyungu za Politiki, ahubwo ko abikora agamije imibereho myiza y’abaturage kuko roho nziza iba mu mubiri umerewe neza.

Ibaruwa yamagana ibyabaye kuri Ambongo
TAGGED:AmbongoDRCInziraKalidinariRoma
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Netanyahu Yagiriwe Inama Yo Kudatera Iran
Next Article Gasabo: Abahesha B’Inkiko Baravugwaho Kubangamira Abarokotse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?