Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Chorale y’abagore 100% iri gutegura igitaramo cy’ abakunda indirimbo z’Imana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Chorale y’abagore 100% iri gutegura igitaramo cy’ abakunda indirimbo z’Imana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 December 2020 10:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagore bagize chorale bise Gisèle Precious bari gutegura igitaramo kizaririmbirwamo indirimbo zaririmbiwe Imana kizaba taliki 26, Ukuboza, 2020. Ni itsinda ryashinzwe na Nsabimana Gisèle Precious, akaba ari umwe mu baririmba indirimbo zihimbaza Imana bakunzwe muri iki gihe.

Kiriya gitaramo kizakorwa hifashishijwe ikoranabuhanga kubera kwirinda ikwirakwira rya COVID-19.

Ubutumwa buzatangirwa muri ziriya ndirimbo buzibanda ku kamaro k’ivuka rya Yezu, waje ku isi kugira ngo apfire abantu.

Abemera Kristu bavuga ko Umunsi wa Noheli ari umwe mu minsi y’ingirakamaro muri bo.

Ni umwe mu minsi baha agaciro kurusha indi minsi yizihizwa mu madini.

Byari biteganyijwe ko kiriya gitaramo kizaba taliki 25, Ukuboza, 2020 ariko italiki yarahindutse ishyirwa taliki 26, Ukuboza, 2020.

Band ya Gisèle Precious igizwe n’abagore. Niryo tsinda rukumbi ry’abagore bakora umuziki uhimbaza Imana nta mugabo ubari mo.

Gisele Precious amaze imyaka itatu akora umuziki uhimbaza Imana.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi wa RIB asaba abagenzacyaha gucukumbura bakamenya igitera ibyaha
Next Article Perezida wa Angola yoherereje ubutumwa uw’u Burundi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Umurundi Kirikou Akili Ukunzwe Mu Rwanda Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?