Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Christopher Yatunguwe N’umukunzi We Bwambere Yerekana Ko Ari Mu Rukundo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Christopher Yatunguwe N’umukunzi We Bwambere Yerekana Ko Ari Mu Rukundo

taarifa@media
Last updated: 01 February 2021 6:21 pm
taarifa@media
Share
SHARE

Umuhanzi Muneza Christopher ku munsi we w’amavuko yatunguwe n’umukobwa bakundana bwa mbere yerekana ko ari mu rukundo ibintu byatunguye cyane abafana be.

Christopher ni umwe mu bahanzi Nyarwanda bazwiho kugira ibanga ku buzima bwe butandukanye n’akazi.

Mu itangazamakuru yumvikana avuga ku ndirimbo ze cyangwa ibitaramo runaka.

Biragoye kumva uyu muhanzi yavuze ku nkuru y’urukundo.

Uyu muhanzi wavutse mu 1994 buri mwaka taliki ya 31 Mutarama yizihiza isabukuru y’amavuko.

Christopher yarabiririmbye mu ndirimbo ‘Isezerano’ ati “Nta wabuza umutima gukunda nuwanjye ni uko, njye nakwimariyemo turakundana kandi nzi agaciro bifite.

Nubwo hariho gahunda ya guma mu rugo mu mujyi wa Kigali uyu muhanzi byaje kuba akarusho muri uyu mwaka atungurwa n’umukobwa bakundana.

Mu mafoto hamwe n’amashusho yashyize ku rubuga rwa Instagram yagaragaje ko ari mu rukundo.

Ibintu bidasanzwe kuri yu muhanzi.
Yerekanye ifoto y’umutsima ari gukatana n’umukobwa ‘Aterekanye isura ye.’ Ati “Imbaraga z’urukundo. Mbega gutungurwa!.”
Kuri uwo mutsima hari handitseho ijambo rivuga ngo ‘Ugire isabukuru nziza y’amavuko mukunzi.’

Abakurukirana Christopher bagiye batungurwa n’ibi bintu bavuga ko nawe abatunguye nk’uko uwo mukunzi we yamutunguye.

Abandi bo bamwingingaga bamusaba ko yaza no kubereka uwo mukunzi we kugirango bamumenye.

Muri 2015 nibwo yavuzweho bwa mbere ko yaba ari mu rukundo na Miss Rwanda 2014 Akiwacu Colombe.

Icyo gihe yaje gukora indirimbo yitwa ‘Abasitari’ avuga ko yayikoreye uwo mukobwa. Icyo gihe bombi bahakanaga iby’urukundo rwabo bakavuga ko ari ubucuti busanzwe.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amavubi Yatashye, Ibyaranze Umukino Birababaje
Next Article The Ben Yatomoye Umukunzi We, Bamwe Bamusaba Ko Yamwambika Impeta
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?