Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Col Makanika N’Abarwanyi Be Biyise ‘Twigwaneho’ Bakubiswe Inshuro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Col Makanika N’Abarwanyi Be Biyise ‘Twigwaneho’ Bakubiswe Inshuro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 August 2021 2:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ingabo za Repubulika ya Demukarasi yatangaje ku  Cyumweru tariki 15, Kanama, 2021 yirukanye uruhenu abarwanyi ba Col Makanika wahoze mu ngabo za kiriya gihugu akaza kuzivanamo akaba inyeshyamba.

Uyu musirikare yari amaze umwaka yarigometse. Ubusanzwe yitwa Col Michel Rukunda bise Makanika.

Agace Makanika yari yarashinzemo ibirindiro kitwa Kamombo niko ingabo za DRC ziherutse kwigarurira nyuma y’intambara itaramaze igihe kinini.

Ikigo gikora ubushakashatsi ku mitwe y’iterabwoba ikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo kitwa Baromètre sécuritaire du Kivu ivuga ko ku ruhande rw’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo hapfuye abasirikare icyenda n’aho ku ruhande rw’abarwanyi hapfa abagera kuri 12.

Yari afite agace yashinzwemo ibirindiro

Col Makanika yigeze kubwira BBC ko yahoze mu ngabo za Leta azivamo atorotsE, avuga ko agiye kurwanira abo mu bwoko bwe bw’Abanyamulenge.

Icyo gihe nabwo yari ahitwa Kamombo muri Teritwari ya Fizi.

Byabanje kuvugwa ko yayoboraga Umutwe w’abarwanyi witwa Gumino ariko we akabihakana, ahubwo acyemeza ko ari kumwe ‘n’abasivili bafashe imbunda’ ngo baharanire uburenganzira bwo kubaho.

TAGGED:BBCColCongofeaturedIngaboMakanika
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyarwandakazi Ari Mu Bahataniye Igihembo Cya Miliyoni $1.5
Next Article Amerika Yahaye u Rwanda Inkingo Ibihumbi 490 Za Pfizer
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

Yajyanywe Kuri RIB Nyuma Yo Gushaka Kwiyahura Bikanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi

Bigenda Gute Ngo Umubiri Wakomeretse Wisane?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Aba Wazalendo Bongeye Kuba Benshi Muri Uvira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

I Goma Hageze Imiti Y’Ibibembe N’Igituntu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Abana Bato Bafite Ba Nyina Bacukura Amabuye Y’Agaciro Babaho Bate?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kagame Yaganiriye N’Uyobora Banki Nyafurika Y’Iterambere Bibanda Ku Mikoranire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?