Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Col Makanika N’Abarwanyi Be Biyise ‘Twigwaneho’ Bakubiswe Inshuro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Col Makanika N’Abarwanyi Be Biyise ‘Twigwaneho’ Bakubiswe Inshuro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 August 2021 2:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ingabo za Repubulika ya Demukarasi yatangaje ku  Cyumweru tariki 15, Kanama, 2021 yirukanye uruhenu abarwanyi ba Col Makanika wahoze mu ngabo za kiriya gihugu akaza kuzivanamo akaba inyeshyamba.

Uyu musirikare yari amaze umwaka yarigometse. Ubusanzwe yitwa Col Michel Rukunda bise Makanika.

Agace Makanika yari yarashinzemo ibirindiro kitwa Kamombo niko ingabo za DRC ziherutse kwigarurira nyuma y’intambara itaramaze igihe kinini.

Ikigo gikora ubushakashatsi ku mitwe y’iterabwoba ikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo kitwa Baromètre sécuritaire du Kivu ivuga ko ku ruhande rw’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo hapfuye abasirikare icyenda n’aho ku ruhande rw’abarwanyi hapfa abagera kuri 12.

Yari afite agace yashinzwemo ibirindiro

Col Makanika yigeze kubwira BBC ko yahoze mu ngabo za Leta azivamo atorotsE, avuga ko agiye kurwanira abo mu bwoko bwe bw’Abanyamulenge.

Icyo gihe nabwo yari ahitwa Kamombo muri Teritwari ya Fizi.

Byabanje kuvugwa ko yayoboraga Umutwe w’abarwanyi witwa Gumino ariko we akabihakana, ahubwo acyemeza ko ari kumwe ‘n’abasivili bafashe imbunda’ ngo baharanire uburenganzira bwo kubaho.

TAGGED:BBCColCongofeaturedIngaboMakanika
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyarwandakazi Ari Mu Bahataniye Igihembo Cya Miliyoni $1.5
Next Article Amerika Yahaye u Rwanda Inkingo Ibihumbi 490 Za Pfizer
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?