Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Colonel Mu Ngabo Za Israel Yiciwe Mu Gifaro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Colonel Mu Ngabo Za Israel Yiciwe Mu Gifaro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 October 2023 2:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Col Jonathan Steinberg w’imyaka 42 y’amavuko wayobora Bridage yitwa Nahal mu ngabo za Israel yaguye ku rugamba ingabo  z’igihugu cye ziri kurwana na Hamas mu Majyepfo ariko zikarwana na Hezbollah mu Majyaruguru y’iki gihugu.

Ni intambara ikomeye kubera ko mu gihe kitageze ku masaha 48 imaze kugwama abantu bakabakaba 1000 abandi babarirwa mu bihumbi barakomereka.

Brigade ya 993 yo mu Ngabo za Israel yitwa Nahal yashinzwe mu mwaka wa 1982, ikaba ari imwe mu zikomeye mu ngabo zirwanira ku butaka.

Col Steinberg yarashwe ubwo yari ari mu modoka agiye kureba abasirikare be uko bari kwitwara ku rugamba, ageze mu nzira igifaro yari arimo gitwikwa n’abarwanyi ba Hamas.

Col Jonathan Steinberg

Kwica Colonel ni ugushegesha cyane ingabo kubera ko aba ari umusirikare mukuru ushinzwe guhuza ibikorwa byose byaba mu gihe cy’amahoro cyangwa icy’intambara akabigeza kuri ba Jenerali.

Intambara Israel yaraye yinjijwemo na Hamas ishobora kuzaba ndende kandi ikaba igoye nk’uko Minisitiri wa Israel Benyamini Netanyahu yabivuze.

Icyakora yarahiriye ko aho umurwanyi wese wa Hamas azihisha bazahamusanga bakahamutsinda.

Hamas nayo ivuga ko igihe kigeze ngo yereke Israel ko yikozeho.

Yayoboraga abasirikare b’indwanyi cyane bagize imwe muri brigade zikomeye zirwanira ku butaka
TAGGED:ColonelfeaturedHamasIngaboIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Guverineri Wa Banki Nkuru Y’Uburundi Yatawe Muri Yombi
Next Article Musanze: Umuyobozi Bamusanganye Kanyanga Arabacika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?