Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Congo: ADF Yishe Abantu 102
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 September 2025 6:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Lubero muri Kivu ya Ruguru haravugwa urupfu rw’abantu 102 bivugwa ko bishwe na ADF.

Inama y’Abapesikopi Gatulika yo muri iki gihugu ivuga ko abashinzwe umutekano n’inzego za Leta bakwiye gukomeza kubungabunga umutekano w’abaturage kuko urupfu rw’abantu benshi gutyo rwerekana ko nta burinzi bafite.

Hagati aho ariko, ingabo za DRC n’iza Uganda zikomeje guhiga abo barwanyi gusa kubaca intege.

Mu mwaka wa 2021 nibwo ingabo za Uganda zatangiye imikoranire n’iza DRC mu guhiga abarwanyi ba ADF ibihugu byombi byemeza ko ubiteje akaga.

Uwo muhati wagize ibyo ugeraho n’ubwo uko bigaragara hakenewe umuhati ukomeye ngo hacibwe intege burundu.

Igitero cya ADF giheruka cyagabwe hagati y’itariki 08 n’itariki 09, Nzeri gihitana abantu 102.

Byabereye ahitwa  Ntoyo muri  Mahoho, muri segiteri ya Bapere, Teritwari ya Lubero hakaba muri Kivu ya Ruguru.

DRC ni icyo gihugu cya mbere ku isi kirimo imitwe y’abarwanyi myinshi kuko irenga 100.

Imyinshi ishingiye ku moko n’amadini, indi ikagira impamvu za Politiki zatumye iremwa, umwe muri yo ukaba M23 isanzwe iharanira ko abayigize bemerwa nk’abandi baturage ba DRC.

TAGGED:AbarwanyiADFCongo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere
Next Article Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

Muhanga: Ba Nyiri Ibirombe Bibukijwe Gushyira Abakozi Muri Ejo Heza

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?