Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Côte D’Ivoire, Bénin…Bari Kwiga Uko U Rwanda Rwubahiriza Uburenganzira Bwa Muntu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Côte D’Ivoire, Bénin…Bari Kwiga Uko U Rwanda Rwubahiriza Uburenganzira Bwa Muntu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 December 2022 7:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu yatangije ibiganiro nyigisho bigamije kungurana ibitekerezo n’abagize Komisiyo z’uburenganzira bwa muntu za  Côte d’Ivoire, Bénin na Cameroun hagamijwe kureba icyo bamwe bakwigira ku bandi.

Ni inama y’iminsi ibiri iri kubera i Kigali.

Yateguwe no k’ubufatanye n’Umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha Igifaransa OIF.

Perezidante wa Komisiyo y’u Rwanda ishinzwe uburenganzira bwa muntu, Hon Marie Claire Mukasine yavuze ko u Rwanda rukora uko rushoboye kugira ngo abatuye babeho ntawe uhohoterwa ngo abure kurengerwa.

Mukasine yavuze ko iriya nama igamije kurebera hamwe uko ibihugu biyirimo byafashanya m’uguhashya ruswa.

Avuga ko ruswa ari ikibazo kuko ituma abantu bimwa uburenganzira bari bagenewe n’amategeko.

Ati: “ Nizeye ko iyi nama izafasha mu gutuma abayitabiriye bamenya ko ruswa ari ikibazo abantu n’inzego bakorera bahagurukira.”

(i bumoso)Hon Marie Claire Mukasine

Yavuze ko u Rwanda rusanganywe itegeko nshinga risobanura neza icyo ubutenganzira bwa muntu ari cyo.

Ni itegeko ryashyizweho mu mwaka wa 2003 ariko rivururwa mu mwaka wa 2015.

Ryanashyizeho inzego zirimo n’urw’Umuvunyi nk’uko ruteganywa mu ngingo ya 139.

Uwari uhagarariye Umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha Igifaransa Madamu Elise Zahi yashimye ko u Rwanda rukora uko rushoboye kose ngo ruce ruswa.

Madamu Elise Zahi uhagarariye OIF mu Rwanda

Avuga ko umuryango ahagarariye uzakomeza gukorana narwo muri uwo mujyo.

Taliki 10, Ukuboza, 1948 nibwo Inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye yateranye yemeza itangazo mpuzamahanga ry’uburenganzira bwa muntu.

Icyo gihe ibihugu byose byasabwe kubahiriza ibikubiye muri ririya tangazo.

Ngo ni itangazo rigomba kwamamara hose kandi rigasobanurwa cyane cyane mu mashuri y’ingeri zose.

TAGGED:featuredMukasineMuntuRwandaUburenganzira
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Papa Sava Yagizwe Ambasaderi Wa CANAL+ Rwanda
Next Article Abanyarwanda Bazajya Bishyura Parikingi Bakoresheje Airtel Money
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?