Umushinjacyaha witwa Bruce Afran yareze Perezida wa Uganda Yoweli Museveni n’umuhungu we Gen Muhoozi Kainerugaba mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha abashinja gukorera ibya mfura mbi abatavuga rumwe...
Imiryango itari iya Leta muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ivuga ko Perezida w’iki igihugu aha amabwiriza ingabo na Polisi yo kugirira nabi abo yita ku...
Ubwanditsi bw’Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu witwa Human Rights Watch buvuga ko uyu muryango wishimiye ifatwa rya Alain Guillaume Bunyoni. Buvuga ko ari intambwe nziza yatewe...
Komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu yatangije ibiganiro nyigisho bigamije kungurana ibitekerezo n’abagize Komisiyo z’uburenganzira bwa muntu za Côte d’Ivoire, Bénin na Cameroun hagamijwe kureba icyo bamwe...
Mu gihe u Bwongereza bwaharaniraga kuva mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi, bisa n’aho bwibagiwe ko hari n’urundi rwego bufitemo ubunyamuryango kandi urwo rwego rukomeye. Ni Urukiko...