Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: COVID-19 yabujije Abanyarwanda uburenganzira harimo n’ubwo kubaho- Busingye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

COVID-19 yabujije Abanyarwanda uburenganzira harimo n’ubwo kubaho- Busingye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 December 2020 10:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intuma ya Leta Johnston Busingye yavuze ko COVID-19 yabujije Abanyarwanda uburenganzira harimo n’ubwo kubaho. Kugeza ubu imaze guhitana abaturage 51.

Yabivugiye mu ijambo yagejeje ku bitabiriye umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku burenganzira bwa muntu wateguwe na Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu.

Busingye avuga ko icyorezo cyaje gikoma mu nkokora ibikorwa byinshi byari bisanzwe bifiteiya abaturage akamaro ndetse kica bamwe.

Avuga ko ubwo cyageraga mu Rwanda, Guverinoma yahise ifata imyanzuro yo gukumira ko gikirwa mu baturage harimo no kubasaba kuguma mu ngo zabo.

Minisitiri w’ubutabera mu Rwanda avuga ko muri iki gihe abantu bari kuva buhoro buhoro mu kwibasirwa na kiriya cyorezo bakiyubaka, uburenganzira bwa muntu bugomba kubahirizwa, bugahabwa umwanya wa mbere.

Ati: “Uburenganzira bwa muntu bugomba kubahirizwa no mu bihe bigoye. Bugomba guhabwa buri muntu hatitawe ku ibara ry’uruhu rwe, aho akomoka n’ikindi cyose.”

Avuga mu Rwanda  Itegeko nshinga ari ryo rigena uburenganzira bwa muntu.

Kuri Minisitiri Busingye ubu abantu bagomba kumenya uko bakwitwara kuri kiriya cyorezo bakisanzura ariko nanone bakamenya kwirinda COVID-10.

TAGGED:BusingyeCOVID-19featuredMinisitiriRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article EXPO2020 Imyiteguro
Next Article Umuhanzi wo muri USA witwa Teddy Riley ari mu Rwanda, araganira n’abanyamakuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?