Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: COVID-19 yabujije Abanyarwanda uburenganzira harimo n’ubwo kubaho- Busingye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

COVID-19 yabujije Abanyarwanda uburenganzira harimo n’ubwo kubaho- Busingye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 December 2020 10:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intuma ya Leta Johnston Busingye yavuze ko COVID-19 yabujije Abanyarwanda uburenganzira harimo n’ubwo kubaho. Kugeza ubu imaze guhitana abaturage 51.

Yabivugiye mu ijambo yagejeje ku bitabiriye umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku burenganzira bwa muntu wateguwe na Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu.

Busingye avuga ko icyorezo cyaje gikoma mu nkokora ibikorwa byinshi byari bisanzwe bifiteiya abaturage akamaro ndetse kica bamwe.

Avuga ko ubwo cyageraga mu Rwanda, Guverinoma yahise ifata imyanzuro yo gukumira ko gikirwa mu baturage harimo no kubasaba kuguma mu ngo zabo.

Minisitiri w’ubutabera mu Rwanda avuga ko muri iki gihe abantu bari kuva buhoro buhoro mu kwibasirwa na kiriya cyorezo bakiyubaka, uburenganzira bwa muntu bugomba kubahirizwa, bugahabwa umwanya wa mbere.

Ati: “Uburenganzira bwa muntu bugomba kubahirizwa no mu bihe bigoye. Bugomba guhabwa buri muntu hatitawe ku ibara ry’uruhu rwe, aho akomoka n’ikindi cyose.”

Avuga mu Rwanda  Itegeko nshinga ari ryo rigena uburenganzira bwa muntu.

Kuri Minisitiri Busingye ubu abantu bagomba kumenya uko bakwitwara kuri kiriya cyorezo bakisanzura ariko nanone bakamenya kwirinda COVID-10.

TAGGED:BusingyeCOVID-19featuredMinisitiriRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article EXPO2020 Imyiteguro
Next Article Umuhanzi wo muri USA witwa Teddy Riley ari mu Rwanda, araganira n’abanyamakuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?