Kuva mu mezi make ashize ifatwa rya Rusesabagina rikomeje kuvugwaho byinshi, uhereye ku buryo yageze mu Rwanda, uko yafashwe n’uburyo afunzwemo. Ni umugabo ukurikiranyweho ibyaha by’iterabwoba,...
Dr Ismael Buchanan wigisha Politiki mpuzamahanga muri Kaminuza y’u Rwanda avuga kuba hari Abanyamerika bagitsimbaraye kuri Paul Rusesabagina bakanandikira Perezida Kagame bamubwira ko agomba kumurekura ari...
Ibaruwa yanditswe isinywa na Minisitiri w’ubutabera w’u Rwanda akaba n’Intumwa nkuru ya Leta y’u Rwanda, Busingye Johnston isubiza Umudepite muri USA witwa Corlyn B, Maloney ko...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intuma ya Leta Johnston Busingye yavuze ko COVID-19 yabujije Abanyarwanda uburenganzira harimo n’ubwo kubaho. Kugeza ubu imaze guhitana abaturage 51. Yabivugiye mu ijambo...