Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: COVID-19 Yongeye Kwica Umunyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

COVID-19 Yongeye Kwica Umunyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 June 2022 9:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Icyorezo COVID-19  cyaraye kishe Umunyarwanda wo mu Karere ka Nyamasheke. Hari hashize igihe kirekire imibare y’abandura iki cyorezo iri hasi ndetse nta muntu yaherukaga kwica.

Minisiteri y’Ubuzima yaraye itangaje ko ku wa Gatatu tariki 29 Kamena 2022 mu Rwanda habonetse abanduye kiriya cyorezo  bashya 50, bakaba babonetse mu bantu 3.418 bapimwe.

20 muri abo 50 banduye babonetse i Kigali, batanu baboneka i Nyaruguru, bane baboneka i Muhanga, bane baboneka i Nyamagabe, bane bandi baboneka i Rulindo, abandi nk’abo baboneka i Musanze, batatu baboneka  i Huye, babiri i Rusizi, babiri i Gicumbi, umwe  i Gakenke n’undi umwe i Rubavu.

Uwapfuye yari umusaza w’imyaka 64 wo mu Karere ka Nyamasheke.

Umuntu umwe cyamuhitanye

Kugeza ubu abantu bamaze kugwa mu Rwanda bazize iki cyorezo ni abantu 1,460.

Mu minsi ishize, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr Tharcisse Mpunga yabwiye Radio Rwanda ko abantu badohotse mu gukurikiza ingamba zo kwirinda COVID-19 kandi ngo ibi biri mubiri kuyitiza umurindi.

Dr Tharcisse Mpunga

Abajijwe niba bishoboka ko kwambara agapfukamunwa byazongera kugirwa itegeko, Dr Mpunga yavuze ko n’ubundi katakuweho burundu ahubwo ko buri wese agomba gushyira mu gaciro akarengera ubuzima bwe, akakambara bitewe n’ahandi hari abantu benshi agiye kujya.

TAGGED:AbarwanyiCOVID-19featuredMpunga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rweruriye UN Ko Ruzi Neza Ubufatanye Bw’Ingabo Za DRC Na FDLR
Next Article CANAL+ Rwanda Na Rayon Sports Bongereye Amasezerano Y’Ubufatanye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?