Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CSP Sengabo Yongeye Kugirwa Umuvugizi W’urwego Rw’Igorora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

CSP Sengabo Yongeye Kugirwa Umuvugizi W’urwego Rw’Igorora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 July 2025 12:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
CSP Hillary Emmanuel Sengabo
SHARE

Chief Superintendent of Prisons ( CSP) Hillary Sengabo yongeye kugirwa Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’igorora, inshingano yari amaze imyaka irenga ine avuyemo kuko yari ari mu masomo.

Uyu mugabo wamaze igihe kirekire ari umuvugizi w’uru rwego, yagiye kwiga afite ipeti rya Senior Superintendent of Prisons, asimburwa na SSP Pelly Uwera Gakwaya nawe waje gusimburwa SSP Uwimana.

Yaherukaga kuvugira uru rwego mu 2020 mbere y’uko asimbuwe na SSP Pelly Gakwaya Uwera wari wamusimbuye kuri izo nshingano.

Sengabo yabaye muri izi nshingano kuva 2014 kugeza 2020, mbere yo kujya kwiga mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda riherereye mu karere ka Musanze, aho aherutse gukura impamyabumenyi y’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza (Master’s) mu miyoborere myiza no gukemura amakimbirane mu mahoro.

Nyuma y’aho CSP Sengabo Hillary Emmanuel yayoboye amagororero atandukanye arimo irya Muhanga n’irya Huye yose aherereye mu Ntara y’Amajyepfo.

Yabwiye The New Times, Sengabo yavuze ko yiteguye gukora inshingano ze kinyamwuga.

Ati: “Twatojwe gukorera igihugu twitanga. Iyo uhawe inshingano, urazubahiriza uko bikwiye.”

Yasezeranyije itangazamakuru ko azakomeza gukorana naryo no kugeza ku baturage amakuru ajyanye n’imikorere n’imishinga ya RCS.

TAGGED:AbagororwaIkigoInshinganoSengabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Ibya Giants Of Africa Biteganyijwe
Next Article Perezida Kagame Yashimye Imikoranire Yagiranye Na Ngirente
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?