Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Davido Yashyizwe Mu Kigo Gitegura Grammy Awards
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IbyamamareImyidagaduro

Davido Yashyizwe Mu Kigo Gitegura Grammy Awards

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 September 2025 9:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

David Adedeji Adeleke wamamaye nka Davido muri Nigeria yishimiye kugirwa umunyamuryango wa Recording Academy, ikigo gitegura irushanwa rya Grammy Awards.

Davido avuga ko bizamubera umwanya wo guhindura byinshi.

Ati: “Uyu ni umwanya uzahindura byinshi. Nize ko gutora bituma umuntu agira ijambo mu guhitamo ibigomba kwitabwaho buri mwaka kandi bigashyirwa imbere.”

Kwinjira muri uyu muryango bituma uwawinjiyemo agira ububasha bwo gutora no kugira uruhare mu kugena abahanzi n’ibihangano bigomba kwinjira mu ihatana  n’abazabihabwa.

Ibihembo bihabwa abatsinze mu marushanwa ategurwa n’ikigo Recording Academy nibyo bihembo bikomeye bitangwa ku isi hose.

Abasesengura iterambere ry’ubuhanzi muri Afurika bavuga ko kuba Davido yinjiye muri uyu muryango bishobora kuzaba  amahirwe ku bahanzi b’Abanyafurika kugira ngo umuziki wabo urusheho kuzamuka mu ruhando mpuzamahanga.

Recording Academy yatangaje ko itora rya Grammy Awards 2026 rizatangira tariki 3, Ukwakira, 2025, igahamagarira abanyamuryango bose gusuzuma urutonde rw’abazahatanira ibihembo,  bakumva indirimbo zabo hakiri kare kandi bakanatora hakiri kare.

TAGGED:DavidoIgihemboUmuhanziUmuziki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubushinwa: Abantu Miliyoni Ebyiri Bahungishwe Inkubi
Next Article Rutsiro: Barashakishwa Kubera Icyaha Bakoreye i Karongi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

Amerika Irototera Kuzakorera Iran Nk’Ibyo Yakoreye Venezuela

You Might Also Like

Imyidagaduro

Kenya: Inzovu Yari Ambasaderi W’Inzoga Yitwa Tusker Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Igitaramo Cya Mbonyi Cyari Kuzabera i Rubavu Cyasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?