Jose Chameleone yavuye mu bitaro nyuma y’igihe runaka yari amaze mu bitaro kubera kwibasirwa n’uburwayi bwo mu nda. Yari arwariye mu bitaro byitwa Aline Medical Hospital...
Joseph Mayanja uzwi nka Dr Jose Chameleone arembeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera kurwara igifu. Muri iyi minsi yagiye kuvurirwa muri Leta zunze ubumwe...
Urutonde ‘Top Chart Africa’ rugaragaza uko indirimbo z’abahanzi bo muri Nigeria zagiye zumvwa kurusha izindi. Burna Boy niwe uza imbere ya bagenzi. Uwavuga ko ari nawe...
David Icyishaka uzwi nka Davis D mu mwuga w’ubuhanzi yaraye agongoye umumotari kuri SEGEMU i Gikondo. Ku bw’amahirwe nta muntu yahitanye. Iriya mpanuka ku masaha ya...
Eddy Kenzo afite imyaka 33 y’amavuko akaba umwe mu bahanzi bo muri Uganda bakunzwe kandi kuva mu myaka myinshi ishize. Ubu ari ku rutonde rw’ibyamamare bikomeye...