Umuhanzi ukomeye kurusha abandi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Koffi Olomide yifatiye mu gahanga bagenzi be muri kiriya gihugu bahora bashinja u Rwanda kubiba imitungo....
Umuririmbyi uri mu bamamaye kurusha abandi ku isi ukomoka muri Amerika witwa Britney Jean Spears yasabye abafana be kumubabarira bakamuha agahenge kubera ko hari n’abarengera bakamwoherereza...
Umuhanzi ukomoka muri Jamaica witwa Collin Demar Edwards wamenyekanye nka Demarco yaraye i Kigali mu rwego rwo kuruhuka kugira ngo azahakorere igitaramo kimeze neza. Giteganyijwe taliki...
Umuhanzi wo muri Tanzania, Harmonize yaarye ageze i Kigali. Bivugwa ko aje kwitemberera kuko nta gitaramo yatangaje. Akigera ku kibuga cy’indege cya Kigali yakiriwe na mugenzi...
Daniella Atima Mayanja arasaba inzego z’umutekano gufata kandi zigakurikirana umugabo we Jose Chameleone uherutse gufatwa amashusho akubita umumotari. Uyu mugore yavuze ko umuntu wese uhohotera abandi...