Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Diamond Yahagaritse Ubukwe Ku Munota Wa Nyuma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Diamond Yahagaritse Ubukwe Ku Munota Wa Nyuma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2024 11:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iby’uko uyu muhanzi w’icyamamare mu Burasirazuba bw’Afurika yahagaritse ubukwe yari yaranatangiye gutegurira inkwano byatangajwe na mushiki we witwa Esma Platnumz.

Esma yabwiye Wasafi FM ko imiryango yombi yari yamaze kwemeranya ku nkwano bagombaga gukwa umugeni kandi hari izari zaramaze gutangwa.

Avuga ko Diamond yababwiye ko atagishaka kurongora uyu mukobwa kuko ngo yaba ahubutse, bityo akazabanza kubyigaho neza.

Ati: “Twagerageje guhatiriza Diamond kurongora uyu mukobwa tunatanga inkwano. Yari yarangije gutegura ibintu byose ariko habura iminsi mike atubwira ko yabihagaritse”.

Ngo Nyina yagerageje gushyira ake ngo amukebure undi amubera ibamba, ababwira ko badakwiye kumuhitiramo umugore nk’uko atigeze abahatiramo abo bashakanye.

Diamond Platnumz usanzwe ari ku ruhembe rw’umuziki mu Karere asanganywe  abana bane yabyaranye n’abagore batatu barimo Zari babyaranye babiri, Hamisa Mobetto na Tanasha Donna.

Muri iyi minsi akundanye n’uwitwa Zuchu.

 

TAGGED:AbanaDiamondUbukweUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yemeye Kuzashyigikira Odinga
Next Article Rubavu: Abuzukuru Ba Shitani Bishe Umugore Wari Uvuye Guhaha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

General Muganga Yavuze Akazi Ingabo Zikorera Mu Mahanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Hari Icyo Abana Basaba Abayobozi Bakuru B’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeIbiza KamereMu mahanga

DRC: Imyuzure Muri Beni Yahitanye Benshi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?