Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Diamond Yahagaritse Ubukwe Ku Munota Wa Nyuma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Diamond Yahagaritse Ubukwe Ku Munota Wa Nyuma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2024 11:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iby’uko uyu muhanzi w’icyamamare mu Burasirazuba bw’Afurika yahagaritse ubukwe yari yaranatangiye gutegurira inkwano byatangajwe na mushiki we witwa Esma Platnumz.

Esma yabwiye Wasafi FM ko imiryango yombi yari yamaze kwemeranya ku nkwano bagombaga gukwa umugeni kandi hari izari zaramaze gutangwa.

Avuga ko Diamond yababwiye ko atagishaka kurongora uyu mukobwa kuko ngo yaba ahubutse, bityo akazabanza kubyigaho neza.

Ati: “Twagerageje guhatiriza Diamond kurongora uyu mukobwa tunatanga inkwano. Yari yarangije gutegura ibintu byose ariko habura iminsi mike atubwira ko yabihagaritse”.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ngo Nyina yagerageje gushyira ake ngo amukebure undi amubera ibamba, ababwira ko badakwiye kumuhitiramo umugore nk’uko atigeze abahatiramo abo bashakanye.

Diamond Platnumz usanzwe ari ku ruhembe rw’umuziki mu Karere asanganywe  abana bane yabyaranye n’abagore batatu barimo Zari babyaranye babiri, Hamisa Mobetto na Tanasha Donna.

Muri iyi minsi akundanye n’uwitwa Zuchu.

 

TAGGED:AbanaDiamondUbukweUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yemeye Kuzashyigikira Odinga
Next Article Rubavu: Abuzukuru Ba Shitani Bishe Umugore Wari Uvuye Guhaha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Karongi: Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batemanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ingingo Y’Uburenganzira Bw’Umwana Bwo Kumenya Se Irashyushye Mu Nteko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Urukiko Rukuru Rw’Ubucuruzi Rwanzuye Intsinzi Y’Umuhanzi Gabiro Guitar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?