Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DJ Neptune Wo Muri Nigeria Afitanye Umushinga Na Bruce Melodie
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

DJ Neptune Wo Muri Nigeria Afitanye Umushinga Na Bruce Melodie

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 August 2022 8:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

DJ  Neptune uri mu bakomeye muri Nigeria yaraye ageze mu Rwanda. Avuga ko kimwe mu bimuzanye ari umushinga atavuze izina ariko afitanye n’umuhanzi Bruce Melodie.

Yageze i  Kigali ahagana saa 21h30 z’ijoro.  Amazina ye nyayo ni Imohiosen Patrick.

Abanyamakuru bamubajije uko yakiriye kuba agarutse mu Rwanda avuga ko bimushimishije.

Uyu mu DJ kandi aje mu Rwanda mu muhango wo kurangiza irushanwa ry’ubuhanga bw’aba DJ amaze iminsi abera mu Rwanda.

Ni irushanwa bise DJ Battle Competition.

Yavuze ko mu Rwanda asigaye ahisanga

DJ Neptune azaba ari umwe bagize Akanama nkemurampaka.

Kuri we, amarushanwa nk’aya aba ari uburyo bwo gufasha abakora ubu DJ kuzamura ubumenyi bwabo mu gutunganya umuziki no kuwuteza imbere.

Nibwo bwa  mbere mu Rwanda hateguwe irushanwa ry’abahanga mu kuvanga umuziki( DJs) ryiswe DJS Battle Competition.

Uzaritsinda azahembwa imodoka ya Benz.

Iyi modoka ifite agaciro ka Miliyoni Frw 25.

Hari n’ibihembo byateguriwe abandi ba DJs bazaza ku mwanya wa kabiri.

Ryateguwe na Sosiyete ya M&K n’aho imodoka yo yatanzwe n’ikigo  Ndoli Safaris, gisanzwe gicuruza kikanakodesha imodoka.

Kizwi no mu bijyanye n’ubukerarugendo.

Kubera ko ririya rushanwa rizahuza abahungu n’abakobwa bakora uriya mwuga, umukobwa uzahiga abandi, by’umwihariko, azahembwa miliyoni Frw 5

DJ Neptune ubwo yari ageze ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe

Undi uzahembwa ni DJ mushya uzaba witwaye neza, akazahembwa miliyoni  Frw 2 .

TAGGED:DJimodokaIrushanwaNeptuneNigeriaRwandaUmuziki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: ‘Yatangaga’ Amafaranga Bagahishira Uruhare Rwe Muri Jenoside
Next Article Polisi Na RIB Bakomeje Uruzinduko Muri Singapore, Hari Amasezerano Basinye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?