Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Dramini Mahama Yongeye Gutorerwa Kuyobora Ghana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Dramini Mahama Yongeye Gutorerwa Kuyobora Ghana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 December 2024 3:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

John Dramani Mahama wigeze kuyobora Ghana niwe wongeye gutorerwa uwo mwanya ukomeye kurusha indi muri Ghana.

Uwo bari bahanganye witwa Mahamudu Bawumia , akaba yari asanzwe ari Visi Perezida we, yemeye ko yatsinzwe.

Yabwiye Al Jazeera ati: ” Abaturage ba Ghana bihitiyemo uwo bashaka kandi twemeye ibyavuye mu matora byose”.

Dramini Mahama asimbuye Nana Akufo Ado wari uyoboye manda ebyiri.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mahama aba mu Ishyaka The National Democratic Congress n’aho Nana Akufo Ado we aba mu Ishyaka The New Patriotic Party (NPP).

Umuvugizi w’ishyaka NDC witwa Sammy Gyamfi yabwiye itangazamakuru ko Mahama yatsinze ku majwi 56.3% n’aho Bawumia atsinda ku majwi 41.3%.

John Dramini Mahama yigeze kuyobora Ghana guhera mu mwaka wa 2012 n’uwa 2017.

TAGGED:DraminiGhanaMahamaPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda Bagiye Kujya Bahabwa Umuti Urinda Kwandura SIDA
Next Article Zuckerberg Niwe Winjije Amadolari Menshi Ku Isi Mu Mwaka Wa 2024
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?