Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, OMS, ryatangaje ko muri Equatorial Guinea hongeye kuboneka umurwayi w’indwara yitwa Marburg. Abaganga bavuga ko iyi ndwara ifitanye isani na EBOLA...
Sulemana Abdul Samed ni umugabo wo muri Ghana uvugwaho kuba muremure kurusha abandi ku isi muri iki gihe. Abaganga baherutse kumubwira ko yarengeje igipimo cy’uburebure busanzwe...
Abaturage ba Ghana baramukiye mu mihanda yo mu Murwa mukuru Accra basaba ko Perezida Akufo-Addo yegura. Baramushinja kunanirwa gushyira ubukungu bw’igihugu ku murongo none ibiciro byaratumbagiye....
U Rwanda ruri mu bihugu birindwi by’Afurika bigiye gutangira gucuruzanya hagati yabyo mu rwego rwo kureba umusaruro uzava mu bucuruzi bw’ibihugu by’Afurika bihuje isoko, ibyo bita...
Ghana ni kimwe mu bihugu by’Afurika bimaze igihe bifite ubuyobozi buhamye kandi buteza imbere abaturage kurusha henshi muri Afurika. Ituwe n’abaturage barengaho gato Miliyoni 31 kandi...