Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abanyamakuru Bari Barafunzwe N’igisirikare Barekuwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Abanyamakuru Bari Barafunzwe N’igisirikare Barekuwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 January 2024 8:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abo banyamakuru ba Radio y’abaturage yitwa Radio Mangina ni umwanditsi mukuru wayo witwa Chukurani Maghetse, Yves Romaric Baraka n’abatekinisiye bayo babiri ari bo Sharo Mbonga na mugenzi we Glades Kiro.

Bivugwa ko barekuwe ku Cyumweru taliki 07, Mutarama, 2024 nyuma y’ubuvugizi bw’Umuryango utari uwa Leta witwa Journalistes En Danger (JED).

Bari bafunzwe n’igisirikare kibashinja gukorana n’Umudepite wo muri Kivu y’Amajyaruguru uvugwaho gukorana n’umwe mu mitwe y’inyeshyamba ushingiye kuri  Maï-Maï.

Igisikare cyavugaga ko iriya radio yashinzwe mu rwego rwo gucengeza amatwara ya Maï-Maï mu baturage.

Uko ari bane, abo banyamakuru b’iriya radio bari bafungiwe mu kigo cya gisirikare kiri mu gace k’ibikorwa bya gisirikare byiswe Sokola 1 aho babazwaga n’ishami rishinzwe iperereza rya gisirikare muri FARDC rikorera i  Beni.

Beni ni Umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru.

Hashize iminsi ine Radio Mangina idakora kandi kugeza ubu iracyagoswe n’ingabo nk’uko Radio Okapi ibyemeza.

Ifoto:Ibiro bya Komini Mangina@Radio Okapi

TAGGED:AbanyamakuruDRCIngaboRadio
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inzego Z’Umutekano Tugomba Gusumbya Intambwe Abanyabyaha- ACP Rugwizangoga
Next Article Rutsiro: Imirenge 6 Ikora Ku Kivu Igiye Guhabwa Umuhanda ‘Woroshya’ Ubuhahirane
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

General Kabandana Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?