Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abanyamakuru Bari Barafunzwe N’igisirikare Barekuwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Abanyamakuru Bari Barafunzwe N’igisirikare Barekuwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 January 2024 8:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abo banyamakuru ba Radio y’abaturage yitwa Radio Mangina ni umwanditsi mukuru wayo witwa Chukurani Maghetse, Yves Romaric Baraka n’abatekinisiye bayo babiri ari bo Sharo Mbonga na mugenzi we Glades Kiro.

Bivugwa ko barekuwe ku Cyumweru taliki 07, Mutarama, 2024 nyuma y’ubuvugizi bw’Umuryango utari uwa Leta witwa Journalistes En Danger (JED).

Bari bafunzwe n’igisirikare kibashinja gukorana n’Umudepite wo muri Kivu y’Amajyaruguru uvugwaho gukorana n’umwe mu mitwe y’inyeshyamba ushingiye kuri  Maï-Maï.

Igisikare cyavugaga ko iriya radio yashinzwe mu rwego rwo gucengeza amatwara ya Maï-Maï mu baturage.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Uko ari bane, abo banyamakuru b’iriya radio bari bafungiwe mu kigo cya gisirikare kiri mu gace k’ibikorwa bya gisirikare byiswe Sokola 1 aho babazwaga n’ishami rishinzwe iperereza rya gisirikare muri FARDC rikorera i  Beni.

Beni ni Umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru.

Hashize iminsi ine Radio Mangina idakora kandi kugeza ubu iracyagoswe n’ingabo nk’uko Radio Okapi ibyemeza.

Ifoto:Ibiro bya Komini Mangina@Radio Okapi

TAGGED:AbanyamakuruDRCIngaboRadio
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inzego Z’Umutekano Tugomba Gusumbya Intambwe Abanyabyaha- ACP Rugwizangoga
Next Article Rutsiro: Imirenge 6 Ikora Ku Kivu Igiye Guhabwa Umuhanda ‘Woroshya’ Ubuhahirane
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?