Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko muri iki gihe u Rwanda ruhanganye n’ibibazo byinshi bifitanye isano n’ubukungu k’uburyo kongerera abakozi ba Leta umushaharo bitashoboka....
Urwego rw’Igihugu rw’imiyoborere RGB rwatangaje ko mu bushakashatsi bwarwo rwasanze ubunyamwuga bw’abakora itangazamakuru buri kuri 62.4%. Ikindi ngo ni uko ryisanzuye ku gipimo cya 93.7%. Iki...
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Professeur Jeannette Bayisenge yasabye abayobozi b’ibinyamakuru gukora k’uburyo abakobwa n’abagore babakorera bakora bisanzuye kandi kinyamwuga kugira ngo n’abifuza gukora itangazamakuru barijyemo babishaka....
Mu masaha ari imbere hagiye gutangira urubanza rw’Umukuru w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo, Mu Murenge wa Karangazi witwa Sam Kalisa uregwa gukubita umunyamakuru wa Flash...
Mu mugudugu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo, Mu Murenge wa Karangazi haravugwa umukuru w’umudugudu washyizeho bariyeri irinzwe n’abasore bafite inkoni bakumira abaturage ngo ntibajye kuvoma kuko...