Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 August 2025 5:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’Abanyamerika kitwa Symbion Power kirashaka gushora Miliyoni $700 mu kubaka uruganda rutunganya amashanyarazi avanywe muri gazi iri mu kiyaga cya Kivu ku ruhande rwa DRC.

Ayo mashanyarazi azavanwa muri Gazi ya méthane akazaba angana na megawati 140 zizacanira ibice bituriye iki kiyaga bya Goma n’ahandi hafi aho.

Radio Okapi itangaza ko n’ubwo uwo mushinga ufite uburemere, hari ikintu gikomeye kigomba kubanza gukorwa aricyo ‘kurekura Goma bikozwe na M23’.

Ikindi ni uko kugira ngo ikigo Symbion Power kiyashore, ibindi bice nka Kivu ya Ruguru na Ituri nabyo biba bitekanye nk’uko umuyobozi w’iki kigo witwa Paul Hinks abivuga.

Kurwubaka biri mu rwego rwo gushyira mu bikorwa bimwe mu bikubiye mu masezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington hagati y’u Rwanda na DRC agamije kurangiza intambara ihamaze igihe ari nako Uburasirazuba bwa DRC bushyirwamo imishinga yabuteza imbere.

Biteganyijwe ko Perezida Tshisekedi azahurira i Washington na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame bagasinya inyandiko ya nyuma iyashimangira.

Amaso yo mu Karere ategereje kuzareba uko ibizakurikira ifatwa rya Goma na Bukavu bikozwe na M23 bizagenda.

Ese aba barwanyi bazarekura uduce bafashe biyushye akuya bakahatariza n’abantu?

Kuhaguma se byo bizaba bigamije iki?

Uko bimeze kose, abatuye iki gice bafite umutekano n’ikizere kurusha uko byahoze mu myaka yahise.

TAGGED:AbanyamerikafeaturedIkigoIkiyagaIntambaraKivuM23
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru
Next Article Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amahoro Na Kigali Pelé Stadium Zemerewe Kwakira Amarushanwa Nyafurika 

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

General Muganga Yavuze Akazi Ingabo Zikorera Mu Mahanga

Ukraine Yahejwe Mu Biganiro Byo Kurangiza Intambara Yayishegeshe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Sandra Teta Yarekuwe

Burundi: Umugore Yagizwe Minisitiri W’Ingabo

Ibyotsi Bihumanya Ikirere Cy’u Rwanda Byikubye 5 Mu Bukana- REMA

Nyanza: Umurambo W’Umusore Wari Umaze Icyumweru Yarabuze Bawusanze Mu Mufuka

Imbaduko PM Nsengiyumva Atangiranye Mu Kuzamura Ubuhinzi N’Ubworozi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ubwizigame Bw’Abanyarwanda Ntiburagera No Kuri 50%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Zelensky Ati: ‘ Nta Butaka Tuzemera Guha Uburusiya’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?