Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abaturage Bicishije Umusirikare Amabuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Abaturage Bicishije Umusirikare Amabuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2024 7:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Goma abaturage basakije umusirikare wari umuze kurasa umusivili nawe bamwambura imbunda bamutera amabuye kugeza apfuye.

Byabereye ahitwa Afia Bora mu Mujyi wa Goma ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu.

#RDC 🇨🇩Un militaire des #FARDC a été lapidé par la population à Afia Bora à #Goma ce samedi vers 18h30 après avoir tiré une balle sur un civil. pic.twitter.com/haJA3xqsdZ

— Justin KABUMBA (@kabumba_justin) April 13, 2024

Hagati aho kandi ahagana saa tanu z’amanywa undi muntu yarashe umumotari wari ahitwa Nyabushongo muri Komini ya Karisimbi amutsinda aho.

Abaturage bavuga ko uwo warashe uwo mumotari nawe ari umusirikare ya DRC.

Kurasana gutya biravugwa mu gihe hari hashize iminsi urubyiruko rwa Wazalendo ruhawe intwaro.

Icyakora rwabujijwe kuzinjirana mu mujyi.

Ntiharamenyekana icyateye uriya musirikare kurasa umumotari, ariko amakuru avuga ko bagenzi be bamufashe bamushyikiriza inzego z’ubutabera.

Minisitiri w’Ingabo, Jean Pierre Bemba aherutse kubwira Inama y’Abaminisitiri ko ikibazo cy’umutekano muke i Goma cyafashe indi ntera.

Jean Pierre Bemba

Hemejwe ko abasirikare n’abapolisi bagiye kujya bakora irondo mu ijoro ngo bahangane n’abahungabanya umutekano.

Mu gihe kitagera ku minsi 10 abantu bagera kuri 14 bamaze kwicirwa mu mujyi wa Goma kandi bamwe bishwe barashwe.

Abasirikara b’iki gihugu n’urubyiruko rwa Wazalendo nibo bashinjwa kubigiramo uruhare.

TAGGED:DRCGomaUmusirikareUmuturage
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hagiye Gukinwa Irushanwa Ryo Kuzirikana Abakinaga Basket Bazize Jenoside
Next Article Ubwongereza, US…Bashyigikiye Israel, Qatar, Kuwait Bashyigikiye Iran
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?