Polisi ya Uganda iri mu iperereza ku musirikare w’iki gihugu uvugwaho gukorana n’umucuruzi ukomeye bakihesha umutungo usanzwe wanditswe ku mugore wapfuye. Ubivugwaho ni Lieutenant witwa Bob...
Hatarashira amezi atanu, undi musirikare wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yarasiwe mu Rwanda arapfa. Uherutse kurasirwa mu Rwanda[hari taliki 03, Gashyantare, 2023] yari yinjiriye hagati...
Col Sérge Mavinga yaguye muri gereza ya Ndolo aho yari amaze amezi make afungiwe kubera ibyo yari akurikiranyweho birimo igikomeye cyo ‘gukorana n’umwanzi’. Umwanditsi mukuru w’ikinyamakuru...
Amakuru agera kuri Taarifa aremeza ko hari umusirikare wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo warasiwe ku butaka bw’u Rwanda. Byabereye mu Murenge wa Gisenyi, Akagari ka...
Mu masaha ashyira ay’urukerera ku wa Kabiri , umusirikare ufite ipeti rya Corporal yagongesheje imodoka ufite ipeti rya Brigadier General aramwica. Uwakoze ibi yitwa Corporal Abayomi...