Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Bimwe Mu Byavuye Mu Matora Byatangajwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Bimwe Mu Byavuye Mu Matora Byatangajwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 December 2023 3:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare y’uko abaturage ba DRC baherutse gutora, yatangiye kujya ku mugaragaro.

Ababa mu mahanga batoye ku bwinshi Félix Tshisekedi ngo akomeze kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC.

Nyuma y’umunsi umwe amatora y’Umukuru w’Igihugu arangiye,

Kuri uyu wa Gatanu mu ijoro nibwo bimwe mu byavuye mu matora byatangiye kumenyekana.

Komisiyo y’amatora( CENI) yatangaje ayo manota ihereye ku batoreye mu bihugu bitanu.

Abakozi bayo bari gukoresha ikoranabuhanga ngo babarure kandi batangaze ibyavuye mu majwi yabaruwe.

Amajwi ava kuri site zitandukanye akerekanwa kuri écran ninini zamanitswe kuri site nkuru ya Bosolo mu Murwa mukuru, Kinshasa.

Ayerekanywe kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru yerekana ko mu Bufaransa, Tshisekedi yagize amajwi 85,58%, agira 78,88% muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agira 72,33% muri Canada, 75,94% mu Bubiligi na 81,27% muri Afurika y’Epfo.

Iyi Komisiyo yari yatanze isezerano ko nta gihindutse, gutangaza amajwi biri burangirane n’impera z’iki cyumweru.

Hagati aho abandi bahanganye na Tshisekedi ari bo Martin Fayulu, Denis Mukwege na Moïse Katumbi bagaragaje impungenge z’uko ibizava mu matora bizaba bidaciye mu mujyo.

Baherutse ngo gusaba ko yasubirwamo.

Ku rundi runde, Ambasaderi wa Amerika i Kinshasa yasabye CENI gukora inshingano zayo neza, nta kubogama.

CENI nayo yijeje abakandida, Abanye-Congo muri rusange n’abafatanyabikorwa ko izakomeza gukora inshingano zayo neza.

 

TAGGED:AmatoraAmbasaderiCongofeaturedTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muyango Agiye Gusohora Alubumu Iriho Indirimbo Yahimbiye Kagame
Next Article Abanyonzi Bongeye Kwibutswa Kutageza Umugoroba Bakiri Mu Muhanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abaturage 354 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?