Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Haravugwa Umutwe Wa Gisirikare Washinzwe N’Uwahoze Uyobora Amatora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Haravugwa Umutwe Wa Gisirikare Washinzwe N’Uwahoze Uyobora Amatora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 December 2023 6:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru ataremezwa n’uruhande rudafite aho rubogamiye avuga ko Corneille Nangaa wahoze uyobora Komisiyo y’amatora ya DRC yihuje na Bertrand Bisimwa wo muri M23 bakora ishyaka bise Alliance Fleuve Congo ( AFC ).

Ifoto yacishijwe kuri X irerekana Bisimwa ari kumwe na Nangaa bari imbere y’itangazamakuru aho bivugwa ko ari ho batangarije ubwo bufatanye.

Nangaa ari kumwe na Bisimwa i Nairobi batangaza ubwo bufatanye.

Aya makuru akigenzurwa atangajwe mu gihe DRC iri kwitegura amatora mu gihe gito kiri imbere.

Bivugwa ko Alliance Fleuve Congo ifite andi mashyaka 17 bihuje.

Muri ayo mashyaka harimo PARECO, Kyahanda, FPDC, Twirigwaneho, FRPI, Chini ya Kilima n’ayandi.

Nangaa amaze igihe gito ashyiriweho ibihano na Leta zunze z ‘Amerika kubera kunyereza umutungo wa Komisiyo y’amatora yayoboye igihe kirekire Joseph Kabila yamaze ategeka.
Ayo mafaranga ngo yakoreshejwe mu kwiba amajwi.

Ni amatora yabaye mu Ukuboza, 2018.

Nangaa ahakana ibyo ashinjwa na Amerika.

Amatora ya Perezida muri DRC azaba taliki 20, Ukuboza, 2023.

 

TAGGED:AmatoraDRCIshyakaKabilaNangaa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Unity Club Irasaba Abanyarwanda Bose Kwita Ku Mpinganzima
Next Article Telefoni 52,000 Za Airtel Muri Connect Rwanda Zimaze Guhabwa Abaturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?