Mu buryo busa n’aho butashobokaga kubera ko yari amaze iminsi avugwaho ruswa k’uburyo yendaga kweguzwa, Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatorewe gukomeza kuyobora ishyaka riri...
Ishyaka PL( Parti Libéral) riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu ryatoye Hon Donatille Mukabalisa ngo yongere ariyobore ku rwego rw’igihugu. Ni nyuma y’amatora aherutse guhuza abagize...
Dr. Frank Habineza aherutse gusaba imbabazi abantu barakajwe cyangwa bababajwe n’uko yasabye Leta y’u Rwanda kuganira n’imitwe iyirwanya . Uyu muyobozi yabwiye itangazamakuru ko kuba nyuma...
Ishyaka Green Party rya Frank Habineza riravugwamo amacakubiri ashingiye k’ukuba hari abagize Komite nyobozi bavugwaho gushaka kuricamo ibice bakariremeramo irindi shyaka. Habineza ariko yabwiye The East...
Abaturage bo mu mashyaka atavuga rumwe na Leta y’Afurika y’Epfo basabye Perezida w’iki gihugu Cyril Ramaphosa kwegura ku buyobozi bw’Ishyaka ANC riri k’ubutegetsi bitarenze amasaha 42. ...