Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Imirwano Irakomeje Hatitawe Ku Biganiro By’Amahoro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

DRC: Imirwano Irakomeje Hatitawe Ku Biganiro By’Amahoro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 April 2025 10:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hashize iminsi itanu hasinywe amasezerano hagati ya Leta ya DRC na M23 ariko ubu biravugwa ko imirwano hagati y’abahanganye ku rugamba yubuye.

Ubwo izo mpande zasinyaga ayo masezerano zari zahujwe na Qatar, ndetse icyo gihe hasohowe itangazo ryemeranyijweho n’impande zombi zivuga ko zizashyiraho agahenge kazaherwaho hashyirwaho uburyo burambye bwo guhagarika intambara.

Ariko amakuru aturuka mu bice bya Minembwe aremeza ko M23 iri guhangana bikomeye na Wazalendo n’ingabo za DRC.

Si yo gusa iri muri urwo rugamba kuko na Twirwanejo-Gumino nayo rwahinanye.

Indi mirwano iri kubera ahitwa Kiziba muri Teritwari ya Walungu.

Twababwira ko muri DRC kandi hari umutwe witwa Android.

Ku wa Gatandatu Tariki 26, Mata,2025 nabwo intambara yarakaze ahitwa Irhambi-Katana, M23 ikavugwaho gukaza ibirindiro ahitwa Kabare, Kalehe, Kibati na Walikale.

Ahandi havugwa urugamba ruhinanye ni i Masisi ahavugwa imirwano ikomeye ihuza indi mitwe irimo n’uwitwa APCLS.

Ubusesunguzi bwa Radio Okapi buvuga ko kutizerana no kuba nta ngabo zashyizweho ngo zijye hagati impande zihanganye biri mu bishobora gukoma mu nkokora umuhati w’abahuza mu kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa DRC.

TAGGED:CongofeaturedImirwanoIntambaraM23Wazelendo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda 800,000 Barwaye Malaria Mu Mwaka 2024-RBC
Next Article Umutungo Wa Umwalimu SACCO Wiyongereyeho Miliyari 11 Mu Mwaka Umwe 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasabo: Umugore Yafatanywe Amakarito Ya Liquors Zitujuje Ubuziranenge

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

Amahoro Na Kigali Pelé Stadium Zemerewe Kwakira Amarushanwa Nyafurika 

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Sandra Teta Yarekuwe

Ibyotsi Bihumanya Ikirere Cy’u Rwanda Byikubye 5 Mu Bukana- REMA

Nyanza: Umurambo W’Umusore Wari Umaze Icyumweru Yarabuze Bawusanze Mu Mufuka

Imbaduko PM Nsengiyumva Atangiranye Mu Kuzamura Ubuhinzi N’Ubworozi

RDF/Military Police Mu Myitozo Ikarishye

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

General Muganga Yavuze Akazi Ingabo Zikorera Mu Mahanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ukraine Yahejwe Mu Biganiro Byo Kurangiza Intambara Yayishegeshe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ubwizigame Bw’Abanyarwanda Ntiburagera No Kuri 50%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?