Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Imyuzure Muri Beni Yahitanye Benshi 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IbidukikijeIbiza KamereMu mahanga

DRC: Imyuzure Muri Beni Yahitanye Benshi 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 August 2025 6:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imirambo ine niyo imaze kuboneka y’abantu batwawe n’amazi y’imvura nyinshi yaguye Tariki 05, Kanama, 2025 mu Mujyi wa Beni mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, abandi biganjemo abana bakaba bataboneka.

Icyo kiza cyageze henshi harimo n’ahitwa Rwangoma, gitikiza amatungo y’aho.

Umuturage w’aho witwa Jean-Paul Kapitula avuga ko iyo mvura yaguye ari nyinshi k’uburyo yatumye amazi y’inzuzi za Byahutu na Tuha azamuka arenga inkombe asandara mu baturage batuye hafi aho.

Amakuru atangazwa na Radio Okapi avuga ko iyo mvura yaje kwadukwamo inkuba zihitana umuntu umwe zitwika n’intsinga z’amashanyarazi.

Umuhate wo kubona abandi baba barahitanywe n’icyo kiza urakomeje k’ubufatanye bw’inzego z’umutekano n’iz’ubutabazi zo muri Kivu y’Amajyaruguru.

Abashinzwe Sosiyete Sivile bavuga ko ibyabaye ari ingaruka z’imikoreshereze mibi y’ibidukikije igendana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere.

Bavuga ko burya hari impfu abantu bashobora kwirinda zirimo imyuzure n’impanuka, bigakorwa binyuze ku bushake bwa buri wese bwo kumva ko kurinda ibidukikije ntawe ukwiye kubisiganya undi.

Abahanga bavuga ko iyo ikirere kitabungabunzwe, kigera aho kikereka abantu ko ari ba nyirakazihamagarira!

TAGGED:AbanaAmaziCongoDRCImpfuImyuzure
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sandra Teta Yarekuwe
Next Article Byemejwe Ko Gaza Yose Yigarurirwa Na Israel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?