Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Ingabo Za SADC Zizayoborwa N’Umunya Afurika Y’Epfo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Ingabo Za SADC Zizayoborwa N’Umunya Afurika Y’Epfo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 January 2024 11:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

General Monwabisi Dyakopu niwe washyizweho ngo azayobore ingabo za SADC zoherejwe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ngo zihangane na M23. Aba basirikare bazava mu bihugu bitatu ari byo Tanzania, Malawi na Malawi.

Gen Monwabisi Dyakopu we ukomoka muri Afurika y’epfo yari asanzwe ayobora abasirikare bagize ikitwa Force Intervention Brigade ya SADC isanzwe ikorera muri DRC.

Amakuru Taarifa ifite avuga ko abasirikare bose bagize uyu mutwe ari abantu 8,000 bakazatangirana ingengo y’imari ya miliyoni $50 ariko ikaziyongera ikagera kuri miliyoni $500.

Mu mikorere ya SADC  hasanzwe mo ingingo y’uko iyo igihugu kimwe mu bigize uyu muryango gitewe, biba bivuze ko n’ibindi byose bitewe bityo ko bigomba gutabara bigafatanya kwivuna uwo mwanzi.

Umutwe w’ingabo za SADC ziri muri DRC guhera taliki 15, Ukuboza, 2023.

Bazihaye izina rya SAMIDRC, zikaba zifite inshingano yo gufasha Guverinoma ya DRC kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’iki gihugu, hamaze iminsi hari imitwe y’inyeshyamba yahazengereje.

SAMIDRC izaba ifatanyije n’abasirikare b’intoranywa ba DRC.

Iyoherezwa ry’abasirikare ba SADC muri DRC rishingiye ku masezerano yo gutabarana yasinywe n’ibihugu bya SADC mu mwaka wa 2003.

SADC  igizwe n’ibihugu 16 ari byo:Angola, Botswana, ibirwa bya Comoros, Democratic Republic of Congo, Eswatini, Lesotho, Madagascar, Malawi, ibirwa bya Mauritius, Mozambique, Namibia, Seychelles, Afurika y’Epfo, Tanzania, Zambia na Zimbabwe.

Ibihugu bigize SADC
TAGGED:DRCfeaturedIngaboM23SADCUmutwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article FERWAFA Izakoresha Miliyari Frw 2 Mu Kugura Ibikoresho Bya Hoteli Yayo
Next Article Kayonza: Ushinzwe Ubworozi Yafunzwe Akekwaho Kunyereza Intanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?