Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Ingabo Zirinda Perezida Zarasanye N’Abapolisi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

DRC: Ingabo Zirinda Perezida Zarasanye N’Abapolisi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 March 2025 10:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ahitwa Matonge habereye irasana hagati ya bamwe mu bagize Umutwe urinda Abayobozi bakuru b’igihugu n’abapolisi umuntu umwe ahasiga ubuzima.

Matonge iherereye ahaitwa Kalamu mu Murwa mukuru, Kinshasa.

Umuyobozi wa Komini ya Kalamu witwa Charly Luboya avuga ko byose byatangiye ubwo abo barinda Umukuru w’igihugu bigabizaga gereza ya Makala bashaka kuyinjiramo ku ngufu bakarasana n’abapolisi bashinzwe kuyirinda.

Luboya avuga ko nta mpamvu igaragara wavuga ko yateye abo basirikare kwigabiza iriya gereza.

Ubuyobozi buvuga ko umuntu umwe ari we waguye muri iryo rasana.

Nyuma yo kumva urusaku rw’amasasu, abenshi mu barinda gereza ya Makala bakuyemo akabo karenge, barahunga.

Uwahitanywe n’amasasu yajyanywe mu buruhukiro buherereye ahitwa Mabanga Yolo.

 

TAGGED:AbarindaCongofeaturedGerezaIgihuguKinshasaKurasanaPolisiUmukuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyanza: Afungiwe Kunyereza Ibiribwa By’Abanyeshuri
Next Article Muhanga: Ikiraro Cy’Ibiti Bine Giteye Impungenge Ku Buzima Bw’Abana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?