Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Kwiyamamaza Birarimbanyije Katumbi Na Tshisekedi Barayoboye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Kwiyamamaza Birarimbanyije Katumbi Na Tshisekedi Barayoboye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 December 2023 7:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Mbere taliki 04, Ukuboza, 2023  nibwo igice cya mbere cy’igihe abakandida bo kuyobora DRC bahawe ngo biyamamaze cyuzuye. Imibare irerekana ko Felix Tshisekdi na Moïse Katumbi ari bo bari imbere y’abandi bose.

Katumbi yiyamamaza afatanyije na bagenzi be ari bo  Augustin Ponyo Matata, Seth Kikuni, Frank Diongo na Delly Sesanga mu gihe Tshisekedi we yiyamamaza ari wenyine ariko akaba akorana n’Ihuriro ry’amashyaka ari ku butegetsi ryiswe Union Sacrée de la Nation.

Iryo ririmo abanyapolitiki nka Jean-Pierre Bemba, Vital Kamerhe, Modeste Bahati Lukwebo, Jean-Michel Sama Lukonde na Christophe Mboso Kodia.

Moïse Katumbi yiyamamaza mu izina ry’abayoboke b’ishyaka Ensemble pour la République.

Félix Tshisekedi na Katumbi bashyize imbaraga cyane mu kwiyamamaza, aho baciye hose uhasanga uruhuri rw’abaturage baje gushyigikira umwe muri bo ndetse hari n’abantu babiri baherutse kuhasiga ubuzima.

Taliki 19, Ugushyingo, 2023 nibwo kwiyamamaza byatangiye ku mugaragaro.

Abandi bakandida wavuga ko bakomeye ni Martin Fayulu, Denis Mukwege, Constant Mutamba na  Adolphe Muzito.

Aba ariko ntibakunzwe cyane nka Katumbi na Tshisekedi.

Mu bice bitandukanye bya DRC kandi hari abakandida bakurikira bari kuhiyamamariza:

  • Tony Bolamba
  • Jean-Claude Baende
  • Radjabho Tebabho Sorobabo
  • Theodore Ngoy
  • Justin Mudekereza
  • Nkema Liloo Bokonzi
  • Patrice Majondo Mwamba
  • André Masalu
  • Joëlle Bile
  • Enoch Ngila
  • Abraham Ngalasi
  • Marie Josée Ifoku

 

TAGGED:AbakandidaAmatoraDRCKatumbiPerezidaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umubano W’u Rwanda Na Denmark Ugiye Kongerwamo Ikibatsi
Next Article DRC: Ingabo Za Mbere Za MONUSCO Zatashye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?