Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Kwiyamamaza Birarimbanyije Katumbi Na Tshisekedi Barayoboye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Kwiyamamaza Birarimbanyije Katumbi Na Tshisekedi Barayoboye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 December 2023 7:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Mbere taliki 04, Ukuboza, 2023  nibwo igice cya mbere cy’igihe abakandida bo kuyobora DRC bahawe ngo biyamamaze cyuzuye. Imibare irerekana ko Felix Tshisekdi na Moïse Katumbi ari bo bari imbere y’abandi bose.

Katumbi yiyamamaza afatanyije na bagenzi be ari bo  Augustin Ponyo Matata, Seth Kikuni, Frank Diongo na Delly Sesanga mu gihe Tshisekedi we yiyamamaza ari wenyine ariko akaba akorana n’Ihuriro ry’amashyaka ari ku butegetsi ryiswe Union Sacrée de la Nation.

Iryo ririmo abanyapolitiki nka Jean-Pierre Bemba, Vital Kamerhe, Modeste Bahati Lukwebo, Jean-Michel Sama Lukonde na Christophe Mboso Kodia.

Moïse Katumbi yiyamamaza mu izina ry’abayoboke b’ishyaka Ensemble pour la République.

Félix Tshisekedi na Katumbi bashyize imbaraga cyane mu kwiyamamaza, aho baciye hose uhasanga uruhuri rw’abaturage baje gushyigikira umwe muri bo ndetse hari n’abantu babiri baherutse kuhasiga ubuzima.

Taliki 19, Ugushyingo, 2023 nibwo kwiyamamaza byatangiye ku mugaragaro.

Abandi bakandida wavuga ko bakomeye ni Martin Fayulu, Denis Mukwege, Constant Mutamba na  Adolphe Muzito.

Aba ariko ntibakunzwe cyane nka Katumbi na Tshisekedi.

Mu bice bitandukanye bya DRC kandi hari abakandida bakurikira bari kuhiyamamariza:

  • Tony Bolamba
  • Jean-Claude Baende
  • Radjabho Tebabho Sorobabo
  • Theodore Ngoy
  • Justin Mudekereza
  • Nkema Liloo Bokonzi
  • Patrice Majondo Mwamba
  • André Masalu
  • Joëlle Bile
  • Enoch Ngila
  • Abraham Ngalasi
  • Marie Josée Ifoku

 

TAGGED:AbakandidaAmatoraDRCKatumbiPerezidaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umubano W’u Rwanda Na Denmark Ugiye Kongerwamo Ikibatsi
Next Article DRC: Ingabo Za Mbere Za MONUSCO Zatashye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?