Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Minisitiri W’Ubutabera Yeguye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbutabera

DRC: Minisitiri W’Ubutabera Yeguye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 June 2025 11:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Minisitiri Constant Mutamba
SHARE

Constant Mutamba wari Minisitiri w’ubutabera yagejeje kuri Perezida Tshisekedi ibaruwa y’ubwegure kandi bwemewe.

Bibaye mu gihe hashize iminsi avugwa muri ruswa ya Miliyoni $19 yari agenewe kubaka gereza ya Kisangani.

Iyi dosiye kandi yagize uburemere aho Inteko ishinga amategeko ya DRC yemereye Ubushinjacyaha gutangira gukurikirana Minisitiri w’ubutebera, wari warabanje kuvuga ko nta burenganzira Ubushinjacyaha bufite bwo kumukurikirana.

Mbere kandi Mutamba yahamagawe kenshi asabwa ibisobanuro kuri ibyo birego nyuma Umushinjacyaha mukuru witwa Firmin Mvonde atangaza ko ibisobanuro bya Minisitiri ahubwo byerekanye ko ibyo akekwaho bifite ishingiro byanze bikunze.

Ubwegure bwa Mutamba bugendanye n’ibiteganywa mu Itegeko Nshinga rya DRC by’uko igihe cyose hari umuntu wo muri Guverinoma ukekwaho ibyaha aba agomba kwegura kugira inshingano ze zitabangamira iperereza ry’ubutabera.

Biteganywa mu ngingo ya 166 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

TAGGED:CongoKweguraMinisitiriRuswaUburabera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Ikomeje Gufata Abajura
Next Article Uburusiya Bushobora Kwinjira Mu Ntambara Ya Iran Kubera Amerika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubwongereza: Abantu Biciwe Mu Rusengero Rw’Abayahudi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?