Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC Yatoje Abakomando Bo Kurinda Kivu Zombi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC Yatoje Abakomando Bo Kurinda Kivu Zombi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 August 2023 11:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Kigo cya gisirikare kitwa Camp Bahumba kiri i Kisangani hamaze iminsi hatorezwa itsinda y’abakomando ba DRC bafite inshingano yo kurinda Intara ya Ituri, iya Kivu ya Ruguru, Kivu y’Epfo n’izindi.

Visi Minisitiri w’intebe akaba na Minisitiri w’ingabo Jean- Pierre Bemba yaraye asuye bariya basirikare abashimira umurava bagaragaje mu masomo yabo kandi abizeza ko Leta igiye kuboherereza intwaro n’ibindi bintu nkenerwa ngo barinde ibice bazoherezwamo.

Ibindi bice bazakoreramo ni ahitwa le Haut-Uele, ahitwa le Bas-Uele, Tshopo na Maniema.

Bemba na mugenzi we uyobora ingabo za Kenya witwa Gen Aden Duale beretswe imyitozo ya gikomando abo basirikare bahawe, basanga inogeye ijisho kandi ‘ihambaye.’

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Babwiwe zimwe mu nzitizi bahuye nazo,  basezeranywa ko zigomba gukemuka vuba kugira ngo bakore akazi kabo neza.

Umuyobozi w’ingabo zikorera muri Zone ya gatatu ari nawe uyobora bariya basirikare witwa Lieutenant-général Marcel Mbangu yabwiye abashyitsi bakaba n’abayobozi be ko bariya bakomando bakomeye kandi biteguye gushyira mu bikorwa ibyo bize byose.

Radio Okapi yanditse ko hari amasezerano ya gisirikare aherutse kuvugururwa hagati y’ingabo za Kenya n’iza DRC.

Hagati aho kandi DRC iherutse guha abasirikare bayo impuzankano nshya.

TAGGED:BembaDRCfeaturedIgisirikareIngaboKivu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gatsibo: Bumva Akamaro K’Igi Ku Mwana Buri Munsi Ariko Ngo Birahenze
Next Article Kicukiro: Ibitaro Bishya CHUK Bizakira Abarwayi 2,000 Ku Munsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?