Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC Yatoje Abakomando Bo Kurinda Kivu Zombi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC Yatoje Abakomando Bo Kurinda Kivu Zombi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 August 2023 11:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Kigo cya gisirikare kitwa Camp Bahumba kiri i Kisangani hamaze iminsi hatorezwa itsinda y’abakomando ba DRC bafite inshingano yo kurinda Intara ya Ituri, iya Kivu ya Ruguru, Kivu y’Epfo n’izindi.

Visi Minisitiri w’intebe akaba na Minisitiri w’ingabo Jean- Pierre Bemba yaraye asuye bariya basirikare abashimira umurava bagaragaje mu masomo yabo kandi abizeza ko Leta igiye kuboherereza intwaro n’ibindi bintu nkenerwa ngo barinde ibice bazoherezwamo.

Ibindi bice bazakoreramo ni ahitwa le Haut-Uele, ahitwa le Bas-Uele, Tshopo na Maniema.

Bemba na mugenzi we uyobora ingabo za Kenya witwa Gen Aden Duale beretswe imyitozo ya gikomando abo basirikare bahawe, basanga inogeye ijisho kandi ‘ihambaye.’

Babwiwe zimwe mu nzitizi bahuye nazo,  basezeranywa ko zigomba gukemuka vuba kugira ngo bakore akazi kabo neza.

Umuyobozi w’ingabo zikorera muri Zone ya gatatu ari nawe uyobora bariya basirikare witwa Lieutenant-général Marcel Mbangu yabwiye abashyitsi bakaba n’abayobozi be ko bariya bakomando bakomeye kandi biteguye gushyira mu bikorwa ibyo bize byose.

Radio Okapi yanditse ko hari amasezerano ya gisirikare aherutse kuvugururwa hagati y’ingabo za Kenya n’iza DRC.

Hagati aho kandi DRC iherutse guha abasirikare bayo impuzankano nshya.

TAGGED:BembaDRCfeaturedIgisirikareIngaboKivu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gatsibo: Bumva Akamaro K’Igi Ku Mwana Buri Munsi Ariko Ngo Birahenze
Next Article Kicukiro: Ibitaro Bishya CHUK Bizakira Abarwayi 2,000 Ku Munsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Icyerekezo Minisiteri Y’Uburezi Ifite Ku Mubare W’Abarimu

Umuyobozi Wa Polisi Ashima Umusanzu W’Iya Eswatini 

Menya Uko u Rwanda Rwakiriye Amasezerano Yasinywe Hagati Ya Kinshasa Na AFC/M23

Ruhango: Arakekwaho Kwicisha Nyirakuru Inkoni

Kicukiro: Abagore Bigishijwe Ko Burya Amafaranga Abyara Andi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

You Might Also Like

Mu mahanga

Trump Ati: “BBC Ngomba Kuyirega Byanze Bikunze”

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

2.9% By’Abanyarwanda Bafite Diyabete:RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?