Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC Yirukanye Ambasaderi W’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

DRC Yirukanye Ambasaderi W’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 October 2022 7:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’igihe Ubutegetsi bw’i Kinshasa bushinja u Rwanda gushyigikira M23, bwafashe umwanzuro wo kwirukana uwari uhagarariye u Rwanda muri kiriya gihugu Ambasaderi Vincent Karega.

Hagati aho kandi imirwano hagati ya M23 n’ingabo za DRC irakomeje ndetse uyu mutwe w’abarwanyi uherutse gushyiraho umuntu ugomba kuyobora Akarere ka Rutchuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iby’uko Karega atagishakwa muri kiriya gihugu byaraye bitangajwe n’Umuvugizi wa Guverinoma ya DRC Bwana Patrick Muyaya.

Yabitangarije kuri televiziyo y’igihugu nyuma y’Inama idasanzwe yaraye ihuje Perezida Tshisekedi n’abandi bayobozi bakuru muri Politiki no mu ngabo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Amakuru avuga ko muri iriya nama Perezida Tshisekedi yagaragazaga umujinya w’ibiri kubera mu Burasirazuba bw’igihugu cye.

Mu minsi yashize abasirikare bakuru bagize Inama nkuru y’umutekano wa DRC basabye Guverinoma y’igihugu cyabo guhagarika amasezerano yose iki gihugu gifitanye n’u Rwanda.

Hagati aho ikigo gikurikiranira hafi ib’umutekano muri Burasirazuba bwa DRC kitwa Kivu Security Tracker kivuga ko M23 kuri uyu wa Gatandatu yigaruriye imijyi ibiri ariyo Kiwanja ndetse na Rutchuru, aha hanyuma yahise ishyiraho n’umuntu ugomba kuhayobora witwa Wilson Ngarambe nk’uko Rwanda Tribune yabyanditse Taliki 29, Ukwakira, 2022.

TAGGED:featuredKaregaKivuM23NgarambeTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article M23 Yashyizeho Umuyobozi Wa Rutchuru
Next Article Somalia: Ibisasu Byahitanye Abantu 100
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

RIB Iraburira Abajya Gusenga Bakibwa Telefone

Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Urumogi Rugeze Kure

Muganga Yaremeye Ikipe Y’Igihugu Y’Abangavu

Uganda: Abaturage Bagiye Guhabwa Irangamuntu Nshya

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Buri Karere Kazashyirwamo Ikigo Cya TVET Cy’Ikitegererezo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?