Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC:Ingabo Za SADC Zongererewe Manda 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

DRC:Ingabo Za SADC Zongererewe Manda 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 November 2024 10:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Harare muri Zimbabwe haraye hanzuriwe ko igihe ingabo za SADC zigize umutwe woherejwe muri DRC witwa SAMIDRC kwirukana inyeshyamba cyongerwaho umwaka.

Zoherejwe yo ngo zifashe iz’iki gihugu kwikiza abarwanyi bo mu mitwe itandukanye y’inyeshyamba irwanira mu Burasirazuba bwayo harimo na M23.

Iyo mitwe imaze igihe yarabujije amahwemo ubutegetsi bw’iki gihugu ku buryo byabaye ngombwa ko bwitabaza amahanga.

Muri ayo mahanga harimo n’ibihugu byo muri SADC.

Abakuru b’ibihugu bigize SADC nibo baraye bahuye, baganira kandi bemeza ko izo ngabo ziguma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu gihe kingana n’umwaka uri imbere.

Itangazo ribyemeza ryabonywe n’Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa rivuga ko amafaranga yo gukoresha muri biriya bikorwa bya gisirikare yamaze kuboneka.

Inama Abakuru b’ibihugu bigize SADC babanje gusuzuma uko ibintu byifashe, basanga bigikomeye kuko abaturage bakicwa abandi bagahunga.

Ibihugu bigize SADC byongeye kwiyemeza ko iyo hari kimwe muri byo gitewe n’umwanzi, n’ibindi biba bitewe bityo ko ari ngombwa gutabarana.

Banarebye uko imikoranire y’ingabo z’uyu muryango n’iza DRC mu guhangana n’abarwanyi ba M23 yifashe, banzura ko ikwiye gukomeza.

Radio Okapi yanditse ko Perezida wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa, ari nawe uyoboye SADC, yashimangiye ko umutekano wa DRC ukwiye kugaruka kuko abaturage by’iki gihugu nabo bakwiye ibyiza.

Ingabo zigize SAMIDRC ziterwa inkunga n’iza MONUSCO kugira ngo zuzuze inshingano zazo.

TAGGED:AbarwanyiCongofeaturedIngaboIntambaraManda AbakuruSADCZimbabwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Gatanya Ziri Kubangamira Uburere Buhabwa Abana
Next Article Nyagatare: Akarere Ko Kubohora u Rwanda No Kuruhaza Mu Biribwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?