Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC:Ingabo Za SADC Zongererewe Manda 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

DRC:Ingabo Za SADC Zongererewe Manda 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 November 2024 10:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Harare muri Zimbabwe haraye hanzuriwe ko igihe ingabo za SADC zigize umutwe woherejwe muri DRC witwa SAMIDRC kwirukana inyeshyamba cyongerwaho umwaka.

Zoherejwe yo ngo zifashe iz’iki gihugu kwikiza abarwanyi bo mu mitwe itandukanye y’inyeshyamba irwanira mu Burasirazuba bwayo harimo na M23.

Iyo mitwe imaze igihe yarabujije amahwemo ubutegetsi bw’iki gihugu ku buryo byabaye ngombwa ko bwitabaza amahanga.

Muri ayo mahanga harimo n’ibihugu byo muri SADC.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abakuru b’ibihugu bigize SADC nibo baraye bahuye, baganira kandi bemeza ko izo ngabo ziguma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu gihe kingana n’umwaka uri imbere.

Itangazo ribyemeza ryabonywe n’Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa rivuga ko amafaranga yo gukoresha muri biriya bikorwa bya gisirikare yamaze kuboneka.

Inama Abakuru b’ibihugu bigize SADC babanje gusuzuma uko ibintu byifashe, basanga bigikomeye kuko abaturage bakicwa abandi bagahunga.

Ibihugu bigize SADC byongeye kwiyemeza ko iyo hari kimwe muri byo gitewe n’umwanzi, n’ibindi biba bitewe bityo ko ari ngombwa gutabarana.

Banarebye uko imikoranire y’ingabo z’uyu muryango n’iza DRC mu guhangana n’abarwanyi ba M23 yifashe, banzura ko ikwiye gukomeza.

- Advertisement -

Radio Okapi yanditse ko Perezida wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa, ari nawe uyoboye SADC, yashimangiye ko umutekano wa DRC ukwiye kugaruka kuko abaturage by’iki gihugu nabo bakwiye ibyiza.

Ingabo zigize SAMIDRC ziterwa inkunga n’iza MONUSCO kugira ngo zuzuze inshingano zazo.

TAGGED:AbarwanyiCongofeaturedIngaboIntambaraManda AbakuruSADCZimbabwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Gatanya Ziri Kubangamira Uburere Buhabwa Abana
Next Article Nyagatare: Akarere Ko Kubohora u Rwanda No Kuruhaza Mu Biribwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?