Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Dukeneye gukomeza kwagura inzego z’ubukerarugendo – Belize Kariza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Dukeneye gukomeza kwagura inzego z’ubukerarugendo – Belize Kariza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 December 2020 7:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi mukuru mu Kigo k’u Rwanda gishinzwe iterambere Madamu Belise Kariza avuga ko n’ubwo u Rwanda rukomeje gutera imbere mu bukerarugendo, hakenewe gutekerezwa izindi nzego bwakorerwamo kugira ngo bukemeze guteza imbere igihugu.

Yabivuze kuri uyu wa Kane taliki 03, Ukuboza, 2020 ubwo yatahaga inzu mberabyombi biri mu mudugudu ndangamuco  wa Kigali( Kigali Cultural Village) wubatswe i Rebero mu Mujyi wa Kigali.

Kariza wari umushyitsi mukuru mu muhango wo gutaha iriya nzu yashimye umusanzu watanzwe n’Ikigo Cnal Olympia mu kubaka iriya nzu mberabyombi, avuga ko kuba barahisemo kucyubaka mu Rwanda ari ibyo gushimirwa.

Inzu mberabyombi yatashywe ifite ibyicaro 300 abantu bazajya bicaramo bareba cinema ndetse n’ikibuga kiri hanze yayo abantu bashobora kwidagaduriramo.

Belise Kaliza yagize ati: “ Mfashe uyu mwanya kugira ngo nshime Canal Olympia kuba yarashisemo u Rwanda kugira ngo ahashore imari. Byerekana ko iri mu murongo umwe n’u Rwanda wo guteza imbere ubukerarugendo kandi mwese muzi ko bufatiye runini ubukungu bwacu. N’ubwo ari uko bimeze ariko, dukeneye gushaka izindi nzego twashoramo ibikorwa by’ubukerarugendo kugira ngo bizafashe u Rwanda kugera ku iterambere rwihaye.”

Kariza yavuze ko umudugudu ndangamuco wa Kigali uzaba igicumbi cy’abantu bakora kandi bagakunda ibihangano n’imyidagaduro ndangamuco nyarwanda.

Yemeza ko uriya mudugudu uzafasha cyane Abanyarwanda bafite impano, bagashobora kuzibyaza umusaruro.

Iyi nzu mberabyombi ifite ibyicaro 300
TAGGED:featuredKarizaRwandaUbukerarugendoUmucoUmudugudu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyaruguru: Umuhungu w’imyaka 19 aravugwaho gusambanya umukobwa w’imyaka 15
Next Article Nep Queenz Band: Itsinda ry’abakobwa ba muzika 100% rirabasusurutsa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?