Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘EAC Yashinzwe Kugira Ngo Twihuze Ariko Dutekanye’: Bazivamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

‘EAC Yashinzwe Kugira Ngo Twihuze Ariko Dutekanye’: Bazivamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 April 2022 10:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Arusha muri Tanzania kuri uyu wa Gatandatu hateranye inama yahuje abayobozi mu bihugu birindwi bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba ngo baganire uko banoze imikoranire mu kubungabunga umutekano

Abayitabiriye bigiye hamwe uko hashyirwaho Ihuriro ry’abahanga mu by’umutekano bagomba kwigira hamwe uko umuhati wo kugarura umutekano muri aka karere utaba impfabusa, ariko hagashyirwaho n’ubundi buryo bwo kuwugarura aho utari.

Hon Christophe Bazivamo wari uyoboye iriya nama yabwiye bagenzi be ati: “ Uyu muryango wacu washinzwe hagamijwe ko twihuza, tugahahirana, abaturage bacu bagatera imbere ariko byose bigashingira ku mutekano duhuriyeho.”

Bazivamo yavuze ko ari ngombwa ko abayobozi mu bya gisirikare bakorana kugira ngo bamenye ahashyirwa imbaraga hagamijwe gutuma ibihugu byombi bitekana mu buryo burambye.

The 11th Joint Meeting of the Sectoral Councils on Cooperation in Defence Matters, Interstate Security and Foreign Policy Coordination is ongoing at the #EAC headquarters.

The meeting is considering the report of the Mult-Sectoral Experts working group on peace and security. pic.twitter.com/zSkZ3KC93g

— East African Community (@jumuiya) April 2, 2022

Avuga ko ibikorwa byose bigomba gukorwa intego ari ugutuma abatuye EAC bagira ejo hazaza heza, bishimiye.

 

TAGGED:BazivamoEACfeaturedUmuryangoUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kinshasa Na Brazzaville Basinye Amasezerano Y’Ubufatanye Bwa Gisirikare
Next Article Burkina Faso: Abantu 20 Bapfuye Barasiwe Mu Kirombe Cya Zahabu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?