Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Elon Musk Yongeye Kuba Umukire Wa Mbere Ku Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Elon Musk Yongeye Kuba Umukire Wa Mbere Ku Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 July 2023 10:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umushoramari mu by’ikoranabuhanga w’Umunyamerika witwa Elon Musk yongeye aba umuntu wa mbere ukize ku isi. Arabarirwa miliyari $249.3.

Uyu mwanya awusimbuyeho Umufaransa witwa Bérnard Arnault ufite umutungo wa miliyari $230.

Ikinyamakuru Forbes Magazine kivuga ko impamvu yo kuzamuka kuri uyu mwanya kwa Musk ariko amafaranga yinjije yiyongereyeho miliyari 11.7, iyi ikaba ari inyongera ya 4.92%.

Arnault we umutungo we wagabanutseho miliyari $ 1.9, bikaba bingana na 0,80%.

Umuntu wa gatatu ukize ku isi ni Jeff Bezos ufite miliyari $152,9, akaba yarashoye mu ikoranabuhanga.

Ku mwanya wa kane haza undi Munyamerika witwa Larry Ellison ufite umutungo ungana na miliyari $ 148.

Akurikirwa na mugenzi we uzwi cyane witwa Bill Gates ufite miliyari $ 118,9.

Forbes ikusanya imibare yerekana uko umutungo wa buri muherwe muri aba wazamutse kandi ikabikora umuntu ku wundi.

Ibi bituma urutonde rw’abaherwe batunze miliyari z’amadolari y’Amerika($) ruhora ruhinduka.

TAGGED:featuredIsiMuskUmukire
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abashinwa Bakoze Imodoka Igenda Ibilometero 350 Mu Minota 15
Next Article Padiri Nayigiziki Wari Warahawe Izina Rya Musenyeri W’Icyubahiro Yatabarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?