Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Elon Musk Yongeye Kuba Umukire Wa Mbere Ku Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Elon Musk Yongeye Kuba Umukire Wa Mbere Ku Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 July 2023 10:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umushoramari mu by’ikoranabuhanga w’Umunyamerika witwa Elon Musk yongeye aba umuntu wa mbere ukize ku isi. Arabarirwa miliyari $249.3.

Uyu mwanya awusimbuyeho Umufaransa witwa Bérnard Arnault ufite umutungo wa miliyari $230.

Ikinyamakuru Forbes Magazine kivuga ko impamvu yo kuzamuka kuri uyu mwanya kwa Musk ariko amafaranga yinjije yiyongereyeho miliyari 11.7, iyi ikaba ari inyongera ya 4.92%.

Arnault we umutungo we wagabanutseho miliyari $ 1.9, bikaba bingana na 0,80%.

Umuntu wa gatatu ukize ku isi ni Jeff Bezos ufite miliyari $152,9, akaba yarashoye mu ikoranabuhanga.

Ku mwanya wa kane haza undi Munyamerika witwa Larry Ellison ufite umutungo ungana na miliyari $ 148.

Akurikirwa na mugenzi we uzwi cyane witwa Bill Gates ufite miliyari $ 118,9.

Forbes ikusanya imibare yerekana uko umutungo wa buri muherwe muri aba wazamutse kandi ikabikora umuntu ku wundi.

Ibi bituma urutonde rw’abaherwe batunze miliyari z’amadolari y’Amerika($) ruhora ruhinduka.

TAGGED:featuredIsiMuskUmukire
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abashinwa Bakoze Imodoka Igenda Ibilometero 350 Mu Minota 15
Next Article Padiri Nayigiziki Wari Warahawe Izina Rya Musenyeri W’Icyubahiro Yatabarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?